• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze.

You might also like

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira

Amakuru aturuka mu Gipupu mu gice kigenzurwa n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu ciswe Wazalendo izwiho ubufatanye bwa bugufi n’Ingabo za Leta ya Congo, avuga ko amatsinda abiri yo muri iryo huriro, yasubiranyemo ararwana habura gica.

Nk’uko aya makuru abivuga, nuko iyi mirwano yatangiye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12/07/2025, kandi ko yabereye mu gace kamwe kaha mu Gipupu kitwa mu Lweba.

Iyi Gipupu yabereyemo iryo subiranamo, iherereye mu Mibunda, muri secteur ya itombwe, teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Inagenzurwa na Wazalendo kuva mu myaka myinshi ishize.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko agace ka Lweba ko muri Gipupu ariya matsinda yo muri Wazalendo yahanganiyemo, gasanzwe gacukurwamo amabuye y’agaciro, ari na yo aya matsinda bapfuye.

Ubuhamya twahawe kuri Minembwe Capital News bugira buti: “Umutekano ukomeje kurushaho kumera nabi, nyuma y’aho amatsinda abiri ya Wazalendo asubiranyemo.”

Bukomeza bugira buti: “Bapfuye kugenzura agace ka Lweba kabamo ibirombe by’amabuye y’agaciro.”

Aya makuru ntagaragaza ibyangirikiye muri iyi mirwano yo gusubiranamo kwa Wazalendo, gusa bivugwa ko yumvikanyemo uguturika kw’intwaro ziremereye n’izoroheje.

Ndetse binagaragazwa ko impande zari zihanganye zakijijwe nuko umwijima w’ijoro ufashe, kuko imirwano yatangiye ahagana isaha ya saa munani z’amanywa igeza igihe c’isaha ya saa moya z’ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu.

Wazalendo basubiranyemo mu Gipupu mu gihe no mu Kabanju bagenzi babo bo muri Mai-Mai-Biroze-Bishambuke bamaze hafi icyumweru basubiranamo.

Iri subiranamo ry’abarwanyi bo muri Wazalendo ryatangiriye i Gasiro mu mpera z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka, nyuma y’aho bahitanye bamwe mu bakomanda babo babiri, aho bapfanye n’umukobwa wari ufite amasano yabugufi na Colonel Ngomanzito Umuyobozi mukuru w’aba barwanyi ba Mai-Mai-Biroze-Bishambuke.

Tags: BasubiranyemoGipupuWazalendo
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Purusi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23/01/2026, yongeye kugera mu...

Read moreDetails

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyagabye igitero cyifashishije indege zitagira abapilote (drone) mu bice bituwe n’abaturage...

Read moreDetails

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Kuva kwa AFC/M23 i Uvira Byasize Abaturage mu Kaga Gakomeye batewe na Wazalendo” – HRW

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira Umujyi wa Uvira winjiye mu mwijima w’akaga n’icuraburindi. Kuva ku Cyumweru tariki ya 18/01/2026, nyuma y’uko ingabo z’ihuriro...

Read moreDetails

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille...

Read moreDetails

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo Mu gace ka Cibanda, gaherereye i Kaziba muri teritwari ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye iturika...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?