• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

minebwenews by minebwenews
September 1, 2025
in Conflict & Security
0
Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Brigadier General Olivier Gasita uyoboye ibikorwa bya gisirikare mu mujyi wa Kindu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Maniema, na yo kimwe n’iya Kivu y’Amajyepfo n’iya y’Amajyaruguru na Ituri ziherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yageze i Uvira mu ibanga rikomeye ku mpamvu z’umutekano we.

Ahagana saa sita zija gushyira muri saa saba zo kuri uyu wa mbere tariki ya 01/09/2025, ni bwo uyu musirikare mukuru yageze i Uvira.

Minembwe Capital News yamenye neza ko yageze muri uyu mujyi uri mu ntera ngufi uvuye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, aturutse n’ubundi muri iki gihugu bipakanye.

Ariko ko yawugezemo mu ibanga rikomeye kubera gutinyirira umutekano we, nk’uko aya makuru twahawe, abivuga ati: “Yinjiye muri Uvira mu banga ridasanzwe. Wazalendo bagiye kubimenya yamaze kugera muri Etat major y’ingabo za FARDC iri aha mu mujyi rwagati.”

Byasobanuwe ko impamvu yahinjiye mu banga, ngo byavuye kukuba Wazalendo batamushaka, aho ndetse n’ejo ku cyumweru bagiye batanga ubutumwa bakagaragaza ko mu gihe yohagera byoba bibi cyane kurushaho.

Nubwo uyu musirikare akorera Leta y’i Kinshasa, ariko kubera ko ari uwo mu bwoko bw’Abanyamulenge bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, Wazalendo bamwita umwanzi wabo.

Si we wenyine, ahubwo ni Umunyamulenge wese; waba uri muri Leta cyangwa utayirimo, bavuga ko isura yabo batayishaka ku butaka bw’iki gihugu icyo bavuga ko ari cyabo bonyine.

Ubwo Muhoza Gisaro wabaye minisitiri w’ibikorwaremezo kuri ubu butegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi aheruka aha i Uvira mu mwaka wa 2024, na we bamuteye amabuye, ariko arokoka hamana.

Mu majwi aheruka kuja hanze, Wazalendo barimo bavuga ko “General Olivier Gasita n’ahaza bazahita bakora imyigaragambyo bamwamagane, kandi ngo bamagane n’ubutegetsi bw’iki gihugu, ubwo bavuga ko ari bwo bwahamutumye.”

Umwe muri abo yavuze ko atuye i Remela, akangurira abahatuye kuzahita bambara ibijangala(ibibabi by’ibitoki), maze bakerekeza iyo azahitira bakamutera amabuye, kandi bakamwamagana. Barimo banasobanura ko i Uvira ari iwabo Wazalendo, bityo ko hatogomba kugera utariwe nka Gasita na bene wabo.

Undi na none yavuze ko kuhagera bitoshoboka, asobanura ko ababivuga atazi aho babikura, ni mu gihe ku bwe ngo asanga Leta itokora ikosa ryo kuboherereza umwanzi.

Ati: Si nibaza ko leta yo kohereza umwanzi iwacu. Yokora icyo gikorwa kibi kuzihe mpamvu? Si mbyumva kugeza n’ubu.”

Ariko kugeza ubu , nubwo Wazalendo bavuze ayo yose, kandi nyiribwite akaba yamaze kuhagera, haracyatuje.

Tags: Gasitaibanga rikomeyeUvira
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n'ubw'u Burundi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?