• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Kalingi harasiwe umu motari hamenyekana n’abamurashe.

minebwenews by minebwenews
November 12, 2024
in Regional Politics
1
Mu Kalingi harasiwe umu motari hamenyekana n’abamurashe.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Kalingi harasiwe umu motari hamenyekana n’abamurashe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umu motari w’Umushi wavaga mu Minembwe yerekera mu Minkenke yarashwe nabo byavuzwe ko ari Maï Maï arakomereka bikabije, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Uyu mu motari yarashwe igihe c’isaha zitanu z’ahar’ejo tariki ya 11/11/2024.
Abaturage baturiye ibyo bice bahamirije Minembwe.com ko uyu mu motari yakomerekejwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï zizwiho kuba zifatanyije n’ingabo z’u Burundi n’iza RDC mu bitero byo guhiga umutwe wa Red-Tabara.

Nk’uko banabisobanuye n’uko uyu mu motari yarashwe ubwo yari ageze mu Bisambu biri hagati ya Kalingi na Mikenke, ku kagasozi ka Gaturiro.

Iki gisambu uyu mu motari yarasiwemo cyitwa Nyarubira kikaba gihuza Kalingi na Mikenke.
Byavuzwe kandi ko nyuma y’uko uyu mu motari yari amaze kuraswa abaturage birwanaho baratabaye, ku bwamahirwe basanga uwarashwe agihumeka ari nabwo bahise bamwikorera ajanwa ku bitaro bikuru bya Minembwe kugira yitabweho.

Ibi bikaba byongeye gutanga indi sura mbi ku mutekano waka gace.

Kimwecyo biravugwa ko kuba Maï Maï itangiye kurasa abaturage bifitanye isano n’intambara ikomeje kubera mu nkengero za Mikenke, ni mu gihe umutwe wa Red-Tabara ukomeje guhangana n’ingabo z’u Burundi zifatanyije na FARDC hamwe na Maï Maï.

Ni intambara yatangiye mu ntangiriro z’ukwezi gushize, kugeza n’ubu iracyakomeje aho n’ejobundi barwaniye mu duce turi hafi n’ishyamba rya Lungulungu ho muri teritware ya Mwenga.

Tags: KalingiMaï MaïMotariMu bisambuYarashwe
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n’ubushyuhe bukomeje kwiyongera.

Hagaragajwe ikigomba gukorwa kugira ngo Isi ihanganye n'ubushyuhe bukomeje kwiyongera.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    buy priligy tablets 2014, 42, D68 D73

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?