• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu kirere cya Minembwe hagaragaye icyateye abaturage ubwoba.

minebwenews by minebwenews
February 25, 2025
in Regional Politics
0
FARDC igitero yagabye mu Banyamulenge yacyambuwemo ibikoresho bikaze.
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu kirere cya Minembwe hagaragaye icyateye abaturage ubwoba.

You might also like

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Nyuma y’aho abaturage mu Minembwe babonye indege yo mu bwoko bwa drone iri kuzenguruka ikirere cyaho, bagize ubwoba bwinshi, bakeka ko bashobora kuba bagiye guterwa ibisasu n’ingabo za Fardc zihora zihiga ubuzima bwabo.

Minembwe ni agace gasanzwe gatuwe n’abo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ikaba isanzwe ari komine ibarizwa mu ntara ya Kivu y’Epfo mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu cyumweru gishize aka gace kigaruriwe n’umutwe wa Twirwaneho, nyuma y’iminsi ibiri gusa ingabo za Fardc zigabye igitero cya drone i Gakangala kigahitana Gen.Rukunda Michele uzwi cyane nka Makanika wari uyoboye Twirwaneho.

Kuba rero iyi ndege yazengurutse ikirere cya Minembwe, byatumye bakeka ko yaba ishaka kongera kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Umwe mu baturage yabwiye Minembwe.com ati: “Indege yamaze amasaha atanu iri kuzenguruka ikirere cya Minembwe. Icyigambiriye n’icyo tutaramenya.”

Ahagana isaha ya saa moya zuzuye ni bwo iriya drone yagaragaye, igeza isaha ya saa tanu z’igitondo cy’ejo hashize tariki ya 24/02/2025, ikiri kuzenguruka.

Ni nyuma y’aho umuyobozi w’uyu mutwe wa Twirwaneho, Brig.Gen Charles Sematama uzwi nk’Intare-batinya, yari yatangaje ko bagiye kwifatanya n’uwa m23 kurwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ngo kuko buhora butoteza no kwica abaturage babo.

Ubwo uyu muyobozi yaganiraga n’ijwi ry’Amerika yavuze ko batakomeza kurebera ubwicanyi bukorerwa benewabo, bityo ko bagiye kurwana bivuye inyuma bakureho ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Tags: DroneIkirere
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibinyujije muri Komisiyo ishinzwe...

Read moreDetails

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine Mu magambo akakaye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko, ku bwe, Bobi...

Read moreDetails

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Mu rwego rwo gushimangira inzira y’ibiganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yoherereje mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye igikojeje isoni ku ngabo za SADC zacyuwe iwabo zivuye muri RDC.

Hamenyekanye igikojeje isoni ku ngabo za SADC zacyuwe iwabo zivuye muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?