• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu mirwano ikomeye irimo kubera hafi ya Centre ya Sake, M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye by’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2024
in Regional Politics
0
Mu mirwano ikomeye irimo kubera  hafi ya Centre ya Sake, M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye by’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwaro yongeye gukomera mu nkengero za Centre ya Sake, iherereye ku ntera y’ibirometre 27 mu Burengerazuba bw’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Iy’imirwano yongeye gutuma abaturage ba barirwa mu bihumbi bava mu byabo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024. Mu makuru MCN imaze kwakira n’uko imbunda ziremereye n’izito yarimo y’umvikana ku musozi wa Nturo ya mbere n’iyakabiri, ndetse no mutundi duce dukikije Sake, urwo rusaku rw’imbunda rwatumye abaturage bagira ubwoba bwinshi barahunga nk’uko byemejwe na Sosiyete sivile ya Grupema ya Kamuronza, muri teritware ya Masisi.

Uwitwa Justin utuye mu duce twa Masisi yabwiye MCN ko abaturage benshi bahungiye muri Quartier ya Mugunga iherereye muri Goma ko kandi abenshi mu bahunze batangiye kuhagera igihe c’isaha za satatu z’igitondo.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa yemeje ko ingabo zabo zafashe ibirindiro by’ingabo za RDC byo ku musozi wa Nturo ya mbere n’iyakabiri, n’ahitwa Chez Madimba, hejuru ya Sake.

Gusa ku mugoroba w’ejo hashize, tariki ya 06/02/2024, umuvugizi w’ingabo za FARDC yatangaje ko igisirikare cya leta cyigaruriye Centre ya Kirotshe iri k’u muhanda wa Sake-Minova, avuga kandi ko barimo kugerageza ngo bafungure inzira zose zigana mu Mujyi wa Goma, imihanda igenzurwa na M23.

Mu mirwano irimo gusatira gufata centre ya Sake ntacyo ubuyobozi bw’ihuriro ry’ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa barabivugaho kandi bikaba bizwi ko Sake ariyo Centre yo muri teritware ya Masisi yegereye u Mujyi wa Goma.

Mu gihe M23 yafata Centre ya Sake inzira zose z’u butaka zihuza Masisi na Goma ziba zifunzwe, muricyo gihe hazaba hasigaye inzira yo gukoresha ikiyaga cya Kivu.

Kimweho mu itangazo M23 imaze gusohora ku gicamunsi cyokuri uyu wa Gatatu, rivugako badafite Gahunda yo gufata u Mujyi wa Goma ariko ko ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinema ya Kinshasa zikomeje kubagabaho ibitero biremereye no kurasa mu basevile.

Muri iryo tangazo rya M23 rivuga ko bo biteguye igisubizo mu mahoro kandi yiteguye kurekura ibice iheruka gufata mu gihe hakumvikanwa ku gahenge ka ngenzurwa n’urwo rw’u bungenzuzi bwizewe. M23 ikaba iri gusaba ibiganiro na leta.

Umukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi yavuze ko atazigera aganira na M23, u mutwe avuga ko ufashwa n’u Rwanda n’ubwo bagiye ba bitera utwatsi hubwo bagashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana by’ahafi na FDLR irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: Hafi ya CentreImirwanoM23 yigaruriye Nturo ya mbere n'iyakabiriSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa leta ya RDC, yahaye igisubizo Abanyekongo bakomeje kwishuza Tshisekedi gushora intambara k’u Rwanda.

Umuvugizi wa leta ya RDC, yahaye igisubizo Abanyekongo bakomeje kwishuza Tshisekedi gushora intambara k'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?