• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC, M23, irakomangira mu marembo ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC, M23,  irakomangira mu marembo  ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 02/02/2024, haramukiye imirwano ikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa mu bice byo muri teritware ya Rutsuru na Masisi.

N’imirwano bya vuzwe ko yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare aho ndetse M23 imaze kwirukana ingabo zibumbiye mu ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa mu gace ka Gatsiro werekeza uja i Nyanzare muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abaturage baturiye ibyo bice barahamya ay’amakuru aho ba bwiye Minembwe Capital News ko urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito ko rukomeje k’umvikana mu misozi irimbere ya Gatsiro werekeza Nyanzare.

Umuturage Gitsibo Gilbert, uherereye muri teritware ya Rutsuru, yabwiye MCN, ati: “Agace ka Gatsiro, ubu muri ay’amasaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, kamaze kwigarurirwa na M23. Ubu imbunda ziremereye, zirimo k’umvikana zerekeza i Nyanzare, FARDC, Wazalendo, SADC na FDLR bari kwiruka bahunga cyane.”

K’urundi ruhande ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bikomeje kwibasira abasivile muri Karuba, Mushaki na Mweso, muri teritware ya Masisi.

Ibi bya nemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka aho yagize ati: “Ihuriro rigizwe na FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi, SADC na Wazalendo, bongeye kugaba ibitero ahatuwe n’abaturage benshi, muri Karuba, Mushaki na Mweso.”

“Bari gukoresha indege z’intambara bagatera ibi bomba mu basivile.”

Yakomeje agira ati: “M23 iributsa imiryango mpuzamahanga n’imiryango ivuganira ikiremwa muntu ko hari ibitero biri kugabwa mu baturage ba Mweso, ibi bitero birakorwa n’ingabo za Tshisekedi Tshilombo, ufite ibyaha byinshi byo mu ntambara.”

Kanyuka yasoje avuga ati: “Abaturage kuba bakomeje guterwa amakuba n’ubutegetsi bwa Kinshasa, M23 ifite inshingano zo kurokora no kubohoza ibice bifitwe n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Tshisekedi.”

Tu bibutse ko M23 mu byumweru bi biri bishize yakomeje kugaruka kuriri jambo ivuga ko bagiye kubohoza ibice bifitwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, aho bakunze kuvuga ko imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23 ko bagiye batoteza abasivile kandi barobanuye abo mu bwoko bw’Abatutsi.

M23 ikavuga ko itazakomeza kwi hanganira kubona no kumva ko abaturage bahuye nakaga kavuye kungaruka z’ubutegetsi bubi.

Muri urwo rwego M23 yagiye yumvikana cyane ivuga ko igiye kubohoza ibice bifitwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: M23Mu rugamba rukomeye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
I Nairobi mu Gihugu cya Kenya, Gazi yishe abantu 2, abandi barenga 250 barakomereka bikabije.

I Nairobi mu Gihugu cya Kenya, Gazi yishe abantu 2, abandi barenga 250 barakomereka bikabije.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?