• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, November 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, perezida Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda batozongera kwicwa ukundi.

minebwenews by minebwenews
April 7, 2024
in Regional Politics
0
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, perezida Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda batozongera kwicwa ukundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ku Isi yose, bifatanije n’u Rwanda mu muhango wo kw’ibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi.

You might also like

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

Ni umuhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu n’aba Guverinoma baturutse mu bice bitandukanye byo ku isi.

Nk’uko bigaragara ku mashusho uyu muhango wabimburiwe n’igikorwa cyo gushira indabo ku rwibutso rwa genocide rwa Kigali ruri ahitwa ku Gisozi ruruhukiyemo imibiri ibihumbi 259 ya kuwe mu turere twa Gasabo, Kicukiro na Nyarugenge.

Uyu muhango wabereye muri Bk Arena. Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yavuze ko Abanyarwanda batozongera kwicwa.

Kagame yabanje gushimira inshuti z’u Rwanda zaje kwifanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 30.

Ati: “Umusingi wa byose ni ubumwe. Twishimiye ko inshuti zacu ziri kumwe natwe, zavuye mu bice bitandukanye by’isi . Twishimiye kuba mwifatanyije natwe kuri uyu munsi uremereye. Umusanzu mwatanze mu kwiyubuka ku Rwanda ni munini cyane ndetse wadufashije kugera aho turi uyu munsi.”

Kagame yagaragaje ko kwibuka ari ingenzi ku Banyarwanda ndetse bizahoraho no mu gihe abandi batabigira ibyabo.

Perezida Paul Kagame yashimiye abarokotse Genocide yakorewe Abatutsi bemeye gusigasira ubumwe n’ubwiyunge mu buryo bwari bugoye.

Ati: “Ku barokotse bari muri twe, tubabereyemo umwenda. Twabasabye gukora ibishoboka, mukikorera umutwaro w’u bumwe n’ubwiyunge ku bitugu byanyu, kandi mwakomeje kubikora gutyo mukora ibigoranye kunyungu z’igihugu cyacu buri munsi kandi turabashimira.”

Yanavuze ko kuri ubu ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa hirya nohino ku isi, bugamije kugarura amahoro.

Avuga kandi ko Abanyarwanda baciye mu mateka akomeye, ko bitazigera bibaho ko Abanyarwanda basigwa ngo bicwe.

Yagize ati: “Ni igihugu cya miliyoni 14, ziteguye guhangana n’ikintu cyose cyashaka gusubiza abagituye inyuma. Abantu bacu ntibazigera narimwe gutabwa ngo bicwe ukundi.”

Yavuze ko ibyo u Rwanda rwanyuzemo byatumye rurushaho gukomera.

Ati: “Twasize ubwoba bwose, buri cyose cyaza cyatumye turushaho gukomera.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yakomeje avuga ko genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda yagakwiye kuba yarasize isomo ku Isi.

Tariki ya 07/04, yaburi mwaka ni umunsi mpuzamahanga ngaruka mwaka Isi yose yibukaho genocide yakorewe Abatutsi.

Mu ibarura ryakozwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu mu 2000 rikamara imyaka ibiri (2000-2002), ryagaragaje ko Abatutsi 1.074.017 bishwe mu gihe cy’iminsi 100 kuva mukwezi kwa Kane kugera mukwezi kwa karindwi.

         MCN.
Tags: AbatutsiKwibuka ku nshuro ya 30Ntibazongera kwicwa ukundiRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
1
AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu  Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy'indege cya Goma Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa, ryamaganye u Bufaransa bwayisabye gufungura ikibuga...

Read moreDetails

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye Kubera inzara mu murwa mukuru w'ubukungu w'i gihugu cy'u Burundi, imiryango imwe ni mwe...

Read moreDetails
Next Post
Pasitoli (pastor), Saint Cadet Misigaro, yatanze ubusobanuro ku ijambo rivuga “Urufatiro.”

Pasitoli (pastor), Saint Cadet Misigaro, yatanze ubusobanuro ku ijambo rivuga "Urufatiro."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?