Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mu Nkambi y’Impunzi, y’abarundi, iri mu Rusenda, muri RDC, barasaba gutaha nyuma y’uko basenyewe n’imvura.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impunzi, z’Abarundi ziba mu nkambi ya Lusenda kuri ubu zirara hanze kuva mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’uko amazu yabo asenywe n’imvura idasanzwe yarimo umuyaga mwinshi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Lusenda, ni agace gaherereye muri Groupemant ya Balala y’Amajyaruguru, Secteur ya Tanganika, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko byatangajwe na perezida w’impunzi z’Ababurundi mu nkambi ya Lusenda, Bwana Olivier Ntumangende, ubwo yabazwaga kuri iyi ngingo, yatanze umubare w’amazu agera kuri 210 yasenywe n’iyo Mvura y’igihuha(umuyaga), anavuga ko hari n’abana babiri(2), bakomeretse ubwo bageragezaga guhunga maze igiti kirabamomeretsa kibaguyeho.

Ati: “Mu byukuri, imvura idasanzwe iherekejwe n’umuyaga ukaze yangije byinshi hano i Lusenda. Ibisenge by’amazu birenga 210 byarasenyutse maze abana babiri barakomereka igihe igiti cyagwa kuri bo barimo guhunga. Boherejwe mu bitaro kwa Nundu kugira ngo bavurwe.”

Umubare wa 1 w’impunzi z’Abarundi ziri muriyi nkambi urasaba serivisi yo gutaha ku bushake kugira ngo bave mu mibabaro bahura nayo kubera kubura ubufasha.

Ati: “Turasaba Komisiyo y’umuryango w’abibumbye ishinzwe impunzi, UNHCR, kongera kubyutsa gahunda yo gutaha ku bushake impunzi z’Abarundi ziri muri iyi nkambi zifuza gutaha, ndetse na komisiyo y’igihugu ishinzwe impunzi, CNR, kugira ngo itangire gukurikizwa.”

Menya ko kuva umwaka ushize, amazu arenga 800 nayo yasenywe n’imvura.

By Bruce Bahanda.

Tags: Impuzi za BarundiNyuma y'uko basenyewe n'imvuraZiri mu Nkambi ya Rusenda zirasaba gutaha
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu ca Amerika, Joel Biden, yerekeje muri Israel naho Afrika yunze Ubumwe, yamaganye Israel kugitero gikarishe iheruka gukora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?