Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu nkengero za Kanyabayonga, haje kuboneka agahenge isaha z’umugoroba, nyuma y’uko hari habaye urugamba rukomeye cyane.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 1, 2024
in Regional Politics
0
Mu nkengero za Kanyabayonga, haje kuboneka agahenge isaha z’umugoroba, nyuma y’uko hari habaye urugamba rukomeye cyane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isaha z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, mu nkengero za Kanyabayonga habonetse agahenge nyuma y’urugamba rukaze rwabaye isaha zakare, rwahuzaga M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Imirwano yo kuri uyumunsi ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, rwarimo ingabo z’iki gihugu, FARDC, Ingabo za Monusco, ingabo z’u Burundi, SADC, FDLR, Abacanshuro, FDLR na Wazalendo, aho uru ruhande rwa leta ya Congo, rwahise rwihuza mu ku rwanya M23.

Amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturage baturiye ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabaye none yabereye mu gace ka Lusogha no ku misozi ya Armoires. Aha akaba ari mu marembo ya centre ya Kanyabayonga muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Kugeza ubu centre ya Kanyabayonga iracyarimo ihuriro ry’Ingabo za RDC, Monusco, SADC, FDLR, Abacanshuro, FARDC na Wazalendo ndetse n’Ingabo z’u Burundi.

Nk’uko iyi nkuru ivuga n’uko uru rugamba rwatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri z’igitondo igeze igihe c’isaha ya saa sita zamanywa irahagarara.

Gusa, ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi habaye uguhuzagurika ni mu gihe ingabo zo muri urwo ruhande zahungaga kubi, ndetse zikaba zatswe ibikoresho by’agisirikare birimo n’imbunda zirasa kure, nk’uko aba baturage baturiye ibyo bice bakomeje bababwira Minembwe Capital News.

Hagati aho mu bice byo muri teritware ya Masisi ahagize igihe habera intambara, mu nkengero za Sake havuzwe ituze n’ubwo igihe c’isaha za saa tanu humvikanye imbunda muduce two ku misozi yu namiye Centre ya Sake.

Ibindi bice byo muri iyi teritwari ya Masisi naho haranzwe n’ituze.

MCN.

Tags: ItuzeKanyabayongaNyuma y'urugamba rukaze rwabaye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n’abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n'abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?