• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu nkengero za Kanyabayonga, haje kuboneka agahenge isaha z’umugoroba, nyuma y’uko hari habaye urugamba rukomeye cyane.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2024
in Regional Politics
0
Mu nkengero za Kanyabayonga, haje kuboneka agahenge isaha z’umugoroba, nyuma y’uko hari habaye urugamba rukomeye cyane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isaha z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, mu nkengero za Kanyabayonga habonetse agahenge nyuma y’urugamba rukaze rwabaye isaha zakare, rwahuzaga M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Imirwano yo kuri uyumunsi ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, rwarimo ingabo z’iki gihugu, FARDC, Ingabo za Monusco, ingabo z’u Burundi, SADC, FDLR, Abacanshuro, FDLR na Wazalendo, aho uru ruhande rwa leta ya Congo, rwahise rwihuza mu ku rwanya M23.

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturage baturiye ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabaye none yabereye mu gace ka Lusogha no ku misozi ya Armoires. Aha akaba ari mu marembo ya centre ya Kanyabayonga muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Kugeza ubu centre ya Kanyabayonga iracyarimo ihuriro ry’Ingabo za RDC, Monusco, SADC, FDLR, Abacanshuro, FARDC na Wazalendo ndetse n’Ingabo z’u Burundi.

Nk’uko iyi nkuru ivuga n’uko uru rugamba rwatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri z’igitondo igeze igihe c’isaha ya saa sita zamanywa irahagarara.

Gusa, ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi habaye uguhuzagurika ni mu gihe ingabo zo muri urwo ruhande zahungaga kubi, ndetse zikaba zatswe ibikoresho by’agisirikare birimo n’imbunda zirasa kure, nk’uko aba baturage baturiye ibyo bice bakomeje bababwira Minembwe Capital News.

Hagati aho mu bice byo muri teritware ya Masisi ahagize igihe habera intambara, mu nkengero za Sake havuzwe ituze n’ubwo igihe c’isaha za saa tanu humvikanye imbunda muduce two ku misozi yu namiye Centre ya Sake.

Ibindi bice byo muri iyi teritwari ya Masisi naho haranzwe n’ituze.

MCN.

Tags: ItuzeKanyabayongaNyuma y'urugamba rukaze rwabaye

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post
Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n’abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n'abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?