• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, hari kuraswa ibisasu biremereye, nihagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Congo.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, hari kuraswa ibisasu biremereye, nihagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuva igihe cya saa ya saa kumi z’urukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 12/02/2024, ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byari bimaze gutangira mubice byo muri teritware ya Nyiragongo, hafi n’u Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibitero by’ibasiriye neza abaturage baturiye uduce two muri Grupema ya Kibumba ndetse no mu birindiro bya M23, muri teritware ya Nyiragongo.

Umwe mu barwanyi ba M23 yahamirije Minembwe Capital News ko ibi bitero byatangiye saa kumi zuzuye zo muri iki Gitondo cyo k’uwa Mbere. Ninyuma y’uko k’u munsi w’ejo hashize muri Axe ya Kibumba-Goma hiriwe ituze, hubwo imirwano yari yabaye mu nkengero za centre ya Sake, nka hitwa Yerusalemu, Nkingo, ku Nturo no munkengero zaho.

Ibi bitero bya gabwe mu birindiro bya M23 no mu baturage byakozwe n’ingabo za Tanzania hamwe n’iza Malawi bahuriye muri SADC, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umurwanyi wo mu ngabo za M23 uherereye muri teritware ya Nyiragongo.

Urubuga rwa Alliance Fleuve Congo, rwemeje ay’amakuru aho rwa tangaje ko ibitero by’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, harimo Ingabo z’u Burundi, SADC, Wazalendo, FDLR na FARDC ko bazindutse basuka ibisasu biremereye mu baturage baturiye Kibumba, Buhumba no mutundi duce turi aho hafi nk’uko ba bishize mu nyandiko.

Uru rubuga rwagize ruti: “Guhera saa kumi ni minota mirongwine n’itanu, ingabo z’u Burundi, SADC, Wazalendo, FDLR, Wagner na FARDC, bari gusuka ibisasu mu basivile baturiye Kibumba na Buhumba. M23 ikomeje kw’irwanaho no kurwanirira abaturage n’ibyabo.”

K’urundi ruhande bya vuzwe ko umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Gen Christian Tshiwewe Songesa, wari muruzinduko rwa kazi i Goma, yamaze gusubira i Kinshasa.

Muri uru ruzinduko rwa Gen Christian Tshiwewe, bivugwa ko yakoresheje i Nama y’abasirikare bayoboye urugamba bahanganyemo na M23, bategekwa kongera ingufu kugira ngo M23 ya mburwe ibice imaze kwigarurira.

Ikindi Gen Songesa yakoze yasuye abasirikare bakomerekeye ku rugamba, abarimo kuvurirwa mu bitaro bya L’hopital Regional bya Katindo, mu Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibisasu biremereyeIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa CongoM23Mu nkengero z'u Mujyi wa Goma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC, yongeye k’umvikana mubice byinshi harimo no muri Centre ya Sake.

Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, ihuza M23 n'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDC, yongeye k'umvikana mubice byinshi harimo no muri Centre ya Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?