• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2025
in sport & entertainment
0
M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

You might also like

Nyuma yo Gutsindwa Gusinyisha Eze, Tottenham Irashaka Nkunku wa Chelsea.

Hamenyekanye impamvu abahanzi bo muri East Africa batashyizwe ku Rutonde rwa Billboard 50.

Emery akaneye cyane Jackson mu ikipe ye ya Aston villa.

I Rubavu ho mu gihugu cy’u Rwanda intama yabyaye abana batandatu icyarimwe, ibyatumye benshi batungurwa kuko bitari bimenyerewe.

Aya makuru agaragaza neza ko ibi byabaye tariki ya 08/05/2025, kandi ko iyi ntama yabyaye abana batandatu ari iy’umuturage witwa Murenzi Innocent.

Byanavuzwe ko asanzwe atuye mu murenge wa Cyanzwe, ari naho intama ye yabyariye.

Nyuma y’aho iyo ntama ibyariye abo bana, inkuru yabyo yakwiriye henshi muri ibyo bice, abenshi birabatangaza. Umwe mu babibonye witwa Vestine Uwamahoro yabwiye itangazamakuru ati: “Ni ubwambere tubona intama ibyara abana batandatu, abantu benshi barahuruye, tubona ari igitangaza. Ibi byatweretse ko ubworozi bushobora guhindura ubuzima bw’umuntu mu gihe gito.”

Inkuru ikomeza igaragaza ko nyuma y’ibi byishimo hakurikiye agahinda kuko umunsi wakurikiyeho iriya ntama ibyaye, yahise ipfusha abana babiri bamasekurume muri abo yari yabyaye.
Nyamara nyirayo yavuze ko agifite icyizere ko abasigaye bazabaho.

Yagize ati: “Nari ntarigera mbona intama ibyara bene aka kageni, byarantangaje kandi byashimishije. Izi ntama zamfashije kwigurira isambu ya 8000 Frw, none ndahinga nkanabona ifumbire.”

Amafranga y’amanyarwanda 8,000,000 ahwanye n’ayamanye-Congo 16,472,499 mu gihe angana n’idolari ry’Amerika 5,622.

Umukuru w’umudugudu wa Musene waho biriya byabereye, Theophile Ngizwenimna, yatangaje ko nawe yatunguwe n’ibi byabaye. Mu rwego rw’isoko, intama icutse muri aka gace igura nibura ibihumbi 70 Frw, ahwanye n’ayamanye-Congo 144, 134, mu madolari ni 49. Iyimye yo ikaba yagura 100,000 Frw , bigaragaza ko ubukungu buva mu bworozi bushobora kuba igisubizo ku baturage.

Ibi bikaba kandi bigaragaza ko ubihinzi n’u bworozi bifatanye neza bishobora guhindura ubuzima bw’abaturage, haba mu bushobozi ndetse no mu mibereho myiza.
Ivomo IGIHE.

Tags: IntamaRubavuRwandaYabyaye abana 6
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Nyuma yo Gutsindwa Gusinyisha Eze, Tottenham Irashaka Nkunku wa Chelsea.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Nyuma yo Gutsindwa Gusinyisha Eze, Tottenham Irashaka Nkunku wa Chelsea.

Nyuma yo Gutsindwa Gusinyisha Eze, Tottenham Irashaka Nkunku wa Chelsea. Ikipe ya Tottenham Hotspur iri mu bikorwa byo kongera imbaraga mu ikipe mbere y’itangira ry’imikino ya Premier League...

Read moreDetails

Hamenyekanye impamvu abahanzi bo muri East Africa batashyizwe ku Rutonde rwa Billboard 50.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Hamenyekanye impamvu abahanzi bo muri East Africa batashyizwe ku Rutonde rwa Billboard 50.

Hamenyekanye impamvu abahanzi bo muri East Africa batashyizwe ku Rutonde rwa Billboard 50. Billboard niurutonde rw’indirimbo zikunzwe cyane ku isi, rukaba rufite agaciro gakomeye mu kumenyekanisha ibihangano no...

Read moreDetails

Emery akaneye cyane Jackson mu ikipe ye ya Aston villa.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Emery akaneye cyane Jackson mu ikipe ye ya Aston villa.

Emery akeneye cyane Jackson mu ikipe ye ya Aston Villa. Aston Villa iri kuganira na Chelsea ku bijyanye no kugura Nicklas Jackson, umukinnyi w’umunya-Senegal ukina ku mwanya w’imbere....

Read moreDetails

Urubyiruko rw’Abanyamulenge rw’i Nairobi rwibutse ababo baguye mu Gatumba.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Urubyiruko rw’Abanyamulenge rw’i Nairobi rwibutse ababo baguye mu Gatumba.

Urubyiruko rw'Abanyamulenge rw'i Nairobi rwibutse ababo baguye mu Gatumba. Urubyiruko rw'Abanyamulenge rutuye mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, rwibutse benewabo bari abakinnyi biciwe mu Gatumba, ubwo Abanyamulenge 166...

Read moreDetails

Arsenal ikoze gapapu y’ikinyejana.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Arsenal ikoze gapapu y’ikinyejana.

Arsenal ikoze gapapu y’ikinyejana. Tottenham Hotspur yari iri mu nzira zo kurangiza amasezerano akomeye yo kugura Eberechi Eze, umukinnyi ukomeye wa Crystal Palace. Amasezerano yose yari amaze kwemeranywa,...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?