Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2025
in History
0
M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

You might also like

Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

I Rubavu ho mu gihugu cy’u Rwanda intama yabyaye abana batandatu icyarimwe, ibyatumye benshi batungurwa kuko bitari bimenyerewe.

Aya makuru agaragaza neza ko ibi byabaye tariki ya 08/05/2025, kandi ko iyi ntama yabyaye abana batandatu ari iy’umuturage witwa Murenzi Innocent.

Byanavuzwe ko asanzwe atuye mu murenge wa Cyanzwe, ari naho intama ye yabyariye.

Nyuma y’aho iyo ntama ibyariye abo bana, inkuru yabyo yakwiriye henshi muri ibyo bice, abenshi birabatangaza. Umwe mu babibonye witwa Vestine Uwamahoro yabwiye itangazamakuru ati: “Ni ubwambere tubona intama ibyara abana batandatu, abantu benshi barahuruye, tubona ari igitangaza. Ibi byatweretse ko ubworozi bushobora guhindura ubuzima bw’umuntu mu gihe gito.”

Inkuru ikomeza igaragaza ko nyuma y’ibi byishimo hakurikiye agahinda kuko umunsi wakurikiyeho iriya ntama ibyaye, yahise ipfusha abana babiri bamasekurume muri abo yari yabyaye.
Nyamara nyirayo yavuze ko agifite icyizere ko abasigaye bazabaho.

Yagize ati: “Nari ntarigera mbona intama ibyara bene aka kageni, byarantangaje kandi byashimishije. Izi ntama zamfashije kwigurira isambu ya 8000 Frw, none ndahinga nkanabona ifumbire.”

Amafranga y’amanyarwanda 8,000,000 ahwanye n’ayamanye-Congo 16,472,499 mu gihe angana n’idolari ry’Amerika 5,622.

Umukuru w’umudugudu wa Musene waho biriya byabereye, Theophile Ngizwenimna, yatangaje ko nawe yatunguwe n’ibi byabaye. Mu rwego rw’isoko, intama icutse muri aka gace igura nibura ibihumbi 70 Frw, ahwanye n’ayamanye-Congo 144, 134, mu madolari ni 49. Iyimye yo ikaba yagura 100,000 Frw , bigaragaza ko ubukungu buva mu bworozi bushobora kuba igisubizo ku baturage.

Ibi bikaba kandi bigaragaza ko ubihinzi n’u bworozi bifatanye neza bishobora guhindura ubuzima bw’abaturage, haba mu bushobozi ndetse no mu mibereho myiza.
Ivomo IGIHE.

Tags: IntamaRubavuRwandaYabyaye abana 6
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

Perezida ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

Read moreDetails

Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
0
Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

Hatangajwe amakuru y'urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y'Epfo. Visi guverineri w'i ntara ya Kivu y'Amajyepfo, Gasinzira Gashingira Juvenal, ntakiri mu isi yabazima, aho yapfuye muburyo butunguranye....

Read moreDetails

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

by Bruce Bahanda
May 10, 2025
0
Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

Amarira n'imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi. Abantu 100 nibo byatangajwe ko bishwe n'umwuzure watewe n'imvura yaguye ari nyinshi i Bubwari muri teritware ya Fizi mu ntara...

Read moreDetails

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde? Kiliziya Gatolika kuri ubu iraramutswa umushumba mushya ari we Papa Robert Francis Prevost, uyu niwe tugiye kuvuga ubuzima bwe nyuma...

Read moreDetails

Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse.

by Bruce Bahanda
May 5, 2025
0
Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse.

Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse. Nyuma y'imyaka 63, umugore wo muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika wari waburiwe irengero yabonetse ameze neza kandi ari muzima. Uyu...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?