• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

minebwenews by minebwenews
May 12, 2025
in sport & entertainment
0
M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

You might also like

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

I Rubavu ho mu gihugu cy’u Rwanda intama yabyaye abana batandatu icyarimwe, ibyatumye benshi batungurwa kuko bitari bimenyerewe.

Aya makuru agaragaza neza ko ibi byabaye tariki ya 08/05/2025, kandi ko iyi ntama yabyaye abana batandatu ari iy’umuturage witwa Murenzi Innocent.

Byanavuzwe ko asanzwe atuye mu murenge wa Cyanzwe, ari naho intama ye yabyariye.

Nyuma y’aho iyo ntama ibyariye abo bana, inkuru yabyo yakwiriye henshi muri ibyo bice, abenshi birabatangaza. Umwe mu babibonye witwa Vestine Uwamahoro yabwiye itangazamakuru ati: “Ni ubwambere tubona intama ibyara abana batandatu, abantu benshi barahuruye, tubona ari igitangaza. Ibi byatweretse ko ubworozi bushobora guhindura ubuzima bw’umuntu mu gihe gito.”

Inkuru ikomeza igaragaza ko nyuma y’ibi byishimo hakurikiye agahinda kuko umunsi wakurikiyeho iriya ntama ibyaye, yahise ipfusha abana babiri bamasekurume muri abo yari yabyaye.
Nyamara nyirayo yavuze ko agifite icyizere ko abasigaye bazabaho.

Yagize ati: “Nari ntarigera mbona intama ibyara bene aka kageni, byarantangaje kandi byashimishije. Izi ntama zamfashije kwigurira isambu ya 8000 Frw, none ndahinga nkanabona ifumbire.”

Amafranga y’amanyarwanda 8,000,000 ahwanye n’ayamanye-Congo 16,472,499 mu gihe angana n’idolari ry’Amerika 5,622.

Umukuru w’umudugudu wa Musene waho biriya byabereye, Theophile Ngizwenimna, yatangaje ko nawe yatunguwe n’ibi byabaye. Mu rwego rw’isoko, intama icutse muri aka gace igura nibura ibihumbi 70 Frw, ahwanye n’ayamanye-Congo 144, 134, mu madolari ni 49. Iyimye yo ikaba yagura 100,000 Frw , bigaragaza ko ubukungu buva mu bworozi bushobora kuba igisubizo ku baturage.

Ibi bikaba kandi bigaragaza ko ubihinzi n’u bworozi bifatanye neza bishobora guhindura ubuzima bw’abaturage, haba mu bushobozi ndetse no mu mibereho myiza.
Ivomo IGIHE.

Tags: IntamaRubavuRwandaYabyaye abana 6
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho  Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi Umwarimu wo muri Ghana, Richard Appiah Akoto, yagaragaye nk’icyitegererezo cy’ubwitange n’udushya mu burezi nyuma yo gukoresha ingwa n’ikibaho...

Read moreDetails

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?