• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mugihe ingabo za SAMIDRC, zitabyitwaramo neza ziramutse zigeze k’ubutaka bwo M’uburasirazuba bwa RDC, muricyogihe havuka intambara y’akarere, byavuzwe n’umusesenguzi.

minebwenews by minebwenews
November 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SAMIDRC, zirimo gutegurwa koherezwa M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Nk’uko byagiye bitangazwa cyane ahanini n’abo muri Guverinoma ya Kinshasa, bashingiye k’u Nama zagiye zihuza Abakuru b’ibihugu bihuriye muri uwo muryango wa SADEC. N’i Nama zahereye m’ukwezi kwa Gatanu (5), uyu mwaka aho ndetse nokuri uyu wa Kabiri, tariki 31/10/2023, habaye i Nama itegura irimo uyu munsi, k’uwa Gatandatu, tariki 04/11/2023, i Luanda, mugihugu ca Republika ya Angola.

Minembwe Capital News, twegereye umusesenguzi utakunze ko izina rye ryashirwa hanze, agira icyavuga kungabo za SADC.

Yagize ati: “Kubwanjye mbona SADC Isoni zi zabakora!
Mubyanjye bitekerezo, urabona
SADC, kuza muri Congo Kinshasa, kandi hakiri Ingabo z’umuryango wa EAC , bivuze ko basuzuguye ziriya Ngabo za EACRF.”

“Kw’injirana EACRF mukarere kayo kandi bakiri muri misiyo yamahoro batanabigiyemo i Nama harimo guhubuka muburyo bwa politique ! Cyobikoze, nagira i Nama i Bihugu bigize EAC:

  1. Guhura vuba nabwangu kugira bamenye misiyo nyayo ya SADC M’uburasirazuba bw’iki Gihgugu ca RDC. Mugihe bazasanga SADC izanwe no gucyungera Umutekano wa Villes ya Goma na Sake gusa nk’uko ibinyamakuru bimwe bivuga icyogihe byakwihanganirwa ndetse EAC yosaba ko haba ubufatanye icyo twakwita Mission Conjointe EAC-SADC(ubufatanye), mukugarura Amahoro M’uburasirazuba bwa Congo.
  2. Ariko bigaragaye ko SADC ije muri logique ya perezida Tshisekedi yo kurasa M23 yonyine rukumbi ndetse ngo Yaba inahunze bakayikurikira mubihugu yahungiyemo icyogihe EAC yobyanga kumugaragaro. Ahubwo igasaba SADC kubanza kurwanya FDLR, ADF, Red Tabara, Nyatura, Maï Maï aribo biyita Wazalendo bafite umugambi wa Génocide y’ubwoko bumwe muri Congo. Bref bakagarura Umutekano wa baturage muri rusange ntavangura ndetse Impunzi zigataha. Hanyuma Wenda bakabona kurwanya M23 mugihe yanze kurambika intwaro hasi kuko ntacyo yaba igihaye irwanira.
  3. Ibyo babyanga EAC ntasoni bakereka SADC ko batemeye ibyo basabwa ko bishobora gukurura Intambara yakarere SADC-EAC kuko Umutekano wabo uri mukanga.
  4. Icyo gihe Uganda, Kenya na Soudani y’Epfo bahangana na SADC kumugaragaro.”

Mwabiteguriwe na Bruce Bahanda.

Tags: EACItabyitwayemo neza havuka intambara y'akarereM23Samidrc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, binyuze muri Minisitiri w'itumanaho akaba n'umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, bibasiriye Moïse Katumbi, bamushinja kudatuka u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?