• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubutegetsi bwa Kinshasa, binyuze muri Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, bibasiriye Moïse Katumbi, bamushinja kudatuka u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
November 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuva kandidatire ya Moïse Katumbi Chapwe, yemejwe n’urukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga muri RDC, byatumye abeshi batangira kugira ubwoba ndetse n’abari m’ubutegetsi bwa Kinshasa nimugihe batangiye kuvuga ibintu byo guhababuka!

You might also like

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Amakuru dukesha isoko yacu ya Minembwe Capital News, n’uko kuri uyu wa Gatanu, tariki 03/11/2024, minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya, y’ibasiriye Moïse Katumbi, amushinjako adatanga umusanzu w’ibitekerezo ngo abe yatunga urutoki leta y’u Rwanda, bariya bayobozi ba Kinshasa bashinja kuba u Rwanda rufasha u mutwe wa M23.

Byanavuzwe ko Muyaya, atibasiriye Moïse katumbi wenyine gusa ko ahubwo yashinje abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, kudatunga agatoki leta ya Kigali.

Patrick Muyaya, yagize ati: “Nigute waba urikwiyamamaza kuyobora i Gihugu ariko utabasha kwerekana umwanzi wa Congo.”

Yunzemo ati: “Birakwiye ko muvuga izina u Rwanda, muvuge ko arirwo ruhungabanya umutekano w’abaturage. Muvuge ibintu byose uko biri nuko bisa mubone kuyobora RDC.”

Ay’amakuru akomeza avuga ko Muyaya, ibi yabivuze tariki 02/11/2023, ubwo yarimo aganira n’umuganga umuvura nk’uko iy’inkuru twayihawe.

Patrick Muyaya, yasoje avugako bagitegereje ibindi bitekerezo byabandi ba kandida, kubyerekeye ikibazo cy’intambara M’uburasirazuba bwa Congo Kinshasa, aho yahise ashimagiza ubuyobozi bwa Félix Tshisekedi, avugako bwazamuye imbaraga z’igisirikare ko kandi bamaze kubaka Ubutabera ndetse n’ubutunzi, akaba yaremeje ko leta ye imaze kuza k’umwanya wambere mukarere kubijanye na diplomasi.

Muyaya ati: “Leta ya Kinshasa, ntabwo ikiri yayindi yohambere yo gutegekwa ibyo bakora! N’uyu Moïse Katumbi, ndahamya ko adafite ijambo rishobora guhinyuza ibyo Guverinoma ya Félix Tshisekedi yakoze, hubwo bagakwiye kwiharuramo gutsindwa mu Matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba.”

Twabibutsako kandidatire ya Moïse Katumbi, yabanjye kurwanywa n’abari m’ubutegetsi bwa Kinshasa, nk’uwitwa Noël Tshiani aho yarimo arega Maïse Katumbi kubijanye n’ubwenegihugu, yamushinja gako atunze ubwenegihugu bu biri. Ibi byaje guteshwa agaciro kuri 30/10 /2023 n’urukiko rushinzwe kurengera itegeko shinga.

Komisiyo ishinzwe gutegura amatora (CENI), ikaba yaratangajeko izashira hanze liste yabakandida bidasubirwaho, tariki 18/11/23, nk’uko biteganywa n’itegeko rishinzwe amatora.

Amatora y’umukuru w’igihugu muri Republika ya Demokarasi ya Congo, ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.

By Bruce Bahanda.

Tags: Bumushinja kudatuka u RwandaUbutegetsi bwa Kinshasa bwibasiriye Moïse Katumbi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

by Bahanda Bruce
March 17, 2026
0
AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC)/M23/MRDP-Twirwaneho byemejwe ko ryamaze gufata mu buryo bwuzuye agace ka Kirungwa, gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Read moreDetails

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post

Uwiyita General Rushaba, yakuriye inzira kumurima umutwe w'inyeshamba wa Gumino, wari wamusabye kurwanya abaturage b'irwanaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?