Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mugihigu cya Angola, harateranira inama ihuza imiryango ine(4), ikaba iza kwiga kukibazo c’Umutekano muke muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 27, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Luanda, kumurwa mukuru wa Angola, haraza guteranira inama ihuza imiryango itandukanye irimo EAC,ECCAS, CIRGL na SADEC, aho baza kuganira kukibazo c’Umutekano muke urimuri RDC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 27/06/2023, saa 1:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nikuruyu wa kabiri, imiryango itandukanye iribuze guhurira i Luanda homuri Angola. Bakaba bari buganire kukibazo c’Umutekano muke ukomeje kuzamba Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

Muriyo miryango iribuze guhura I Luanda, harimo uwa EAC, ECCAS, CIRGL na SADEC. Mubihugu byitabira harimo na Republika ya Democrasi ya Congo, Afrika y’Epfo, Kenya ndetse nu Burundi, nkuko tubikesha Ikinyamakuru cya Media Congo. net.

Kuwa mbere wicyumweru gishize, Abaminisitiri b’ibihugu bigize iyi miryango y’uturere bari mu biganiro mu rwego rwo guhuza no kwemeza inyandiko nitangazo rya nyuma ryemeza iyi nama.

Nk’uko amakuru ava mu bantu begereye Perezidansi ya Congo avuga, kuba inama y’ab’Aminisitiri yaratwaye igihe kirekire kuruta uko byari byitezwe, byatewe no kutumvikana ku gishushanyo mbonera kigomba gukurikizwa kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.

Intumwa za Congo i Luanda zigizwe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula, Minisitiri w’intebe wungirije w’ingabo, Jean-Pierre Bemba na Minisitiri w’ubufatanye bw’akarere, Mbusa Nyamwisi.

Tags: CIRGLEACECCASI Luandainama yahujeSADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Kwame Nkrumah First Ghanaian president life and his love for Rolex watches.

Comments 1

  1. Pingback: I Luanda, kumurwa mukuru wa, - Minembwe Capital News

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?