Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Munama yahuje abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, bemezanije ingingo zikarishye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 7, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ijambo nyamukuru abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bahurijeho n’uko Amatora munzego zose yaseswa hakongera kuba Amatora bundi bushya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni kuri uy’u wa Gatandatu, tariki ya 06/01/2024, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahuriye i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege n’abandi.

Guhura kw’aba bakandida ninyuma y’uko Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, yarimaze gusesa Amatora k’u rwego rwa badepite, aho ndetse abadepite bagera kuri 82 ibyabo byiswe ko “habayemo uburiganya,” bituma bi ba infabusha.

Muri bimwe bemezanije muriyo Nama idasanzwe yahuje abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

N’ibi: “CENI, ubwayo yonyine yiyemereye ko mu matora yo kw’itariki 20/12/2023, habaye uburiganya. Bityo rero ibi nibyo twari twarakomeje kwereka Isi.”

“Perezida wa Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, Denis Kadima, gusesa Amatora k’u rwego rwa badepite, arashaka guhunga icyaha! Kuki Amatora yo seswa ku rwego rwa badepite gusa? Amatora yari muri rusange ntibikunda ko habaye uburiganya gusa ku badepite nibemere Amatora aseswe no k’urwego rwa badepite.”

Bakomeje bavuga ko, bagiye guhamagara abanyekongo bose kugira bamagane uburiganya bwa komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI).

Ati: “Turahamagarira abanye-kongo bose, kutemera imikino ikinwa na Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI), ibyo turimo turakurikiza ingingo ya 64, y’itegeko nshinga irengera Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.”

Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yigambye kuba bafite igisirikare gikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?