• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yigambye kuba bafite igisirikare gikaze.

minebwenews by minebwenews
January 7, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’Ingabo z’u mutwe wa M23, mu bya gisirikare, Major Willy Ngoma, yigambye kuba bafite igisirikare gikaze kandi kiri discipline.

Ni Kuri uyu wo ku Cyumweru, itariki ya 07/01/2024, bwana Major Willy Ngoma, y’igambye kuba bafite igisirikare gikaze kandi kizi icyo gukora.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Willy Ngoma, akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “ARC/M23, n’Ingabo zatunganijwe z’ifite gahunda, kandi ziz’icyo gukora. Moral yabo ihora hejuru.”

Yunzemo Kandi ati: “Inkunga y’ambere Ingabo za M23 zifite, ni abaturage. Mu mirwano z’itsinda bidasubirwaho abo barwana ijana kw’ijana (100%).”

Ibi ya bivuze mu gihe ibinyamakuru bikorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bakomeje gutangaza ko Ingabo z’u mutwe wa M23, zacitse zigana mu gihugu ca Republika ya Uganda.

Aho barimo berekana ko Ingabo z’u mutwe wa M23 zirimo guhunga ibisasu bya tewe mw’ijoro birashwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Gusa amakuru yizewe n’uko biriya bisasu bya drone z’intambara zarashwe mu bice bya Nyongera, muri Kivu y’Amajyaruguru, ahatuwe n’abaturage benshi ndetse ko M23 yashinjye leta ya Kinshasa kw’ica abasivile muri ibyo bice.

K’u munsi w’ejo hashize, itariki ya 06/01/2024, havuzwe hubwo ko uruby’iruko ibihumbi n’ibihumbi ko bayobotse aribenshi Ishyaka rya Alliance Fleuve Congo,rya Corneille Nangaa, uheruka gutangaza ko uy’u mutwe ugamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Mu ribamwe bakiriwe ejo hashize, i Rutsuru, bakirwa n’abagize Ishyaka rya Alliance Fleuve Congo, harimo uwitwa Adam Chalwe, wahoze mubayobozi bakuru kuri radio Malaïka ifite na Televisiyo, ikaba ifite icyicyaro gikuru, i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, mu cyahoze cyitwa Katanga.

*Bruce Bahanda.*

Tags: M23Major Willy NgomaYigambye kuba bafite igisirikare gikaze

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post

Abo bike kwa, kwari Wazalendo, bambuye abagenzi ibyabo, mu bice byo muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC : Incendie à Kingabwa, des interrogations sur le fonctionnement des services de secours
  • RDC: Inkongi y’Umuriro i Kingabwa, Ibibazo ku Mikorere y’Inzego z’Ubutabazi
  • Les déclarations des FARDC sur les combats à Masisi contredisent la réalité sur le terrain
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?