• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2025
in World News
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

You might also like

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba bw’isi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’itangazamakuru ryo muri Gaza, ni nyuma y’aho ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi zo muri Palestine, tariki ya 19/08/2025, ryatangaje ko nta hantu harindiwe umutekano abana bahungishirizwa.

Ibigo by’amashuri agenzurwa na Loni ubu ni byo byashyizwemo abaturage batakigira aho kuba kubera ibitero simusiga Israel imaze hafi imyaka ibiri igaba ku mutwe wa Hamas.

Loni igaragaza ko n’aho hantu yacumbikiye aba baturage na ho ibitero bya Israel byahagaze bihitana ubuzima bw’abantu byabarimo n’abana.

Mu itangazo ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi zo muri Palestine yashyize hanze yagize iti: “Nta hantu na hamwe muri Gaza hatekanye hahungishirizwa abana. Hakenewe agahenge byihutirwa.”

Ishami rya Loni ryita ku bana, UNICEF rigaragaza ko mu mezi atanu ashize nyuma y’aho Israel yongeye kugaba ibitero, ubwo agahenge kashyizweho kari karangiye. Bivugwa ko abana 540 bicwa buri kwezi.

Imibare igaragaza ko hagati mu mwaka wa 2024 honyine hishwe Abanya-Palestine 51 baguye mu bitero bya Israel, umunani muri bo bagerageza kujya ahagenewe gufata ibiribwa. Kuva mu kwezi kwa gatanu 2025 abana 2000 bishwe bajya gushaka icyo barya.

Israel yari inaherutse gutangaza ko igiye gukaza ibitero mu mujyi wa Gaza kugira ngo iwugenzure wose , ndetse ivuga ko abatuye muri ibyo bice n’ibindi batangira kwimurirwa mu majy’Epfo y’iyo ntara.

Abaturage 56 bo muri Gaza bishwe n’ibitero bya Israel mu masaha 24 gusa. Batatu muri bo bishwe n’inzara.

Nubwo Israel ikomeje gukaza ibitero mu mujyi wa Gaza abo mu miryango ikomokamo abashimuswe na Hamas bakomeje kugaragaza ko icyo gikorwa kizagira ingaruka zikomeye kuri bene wabo bari basigaye ari bazima.

Uretse abarenga ibihumbi 62 bamaze kwicwa muri Gaza abarenga ibihumbi 150 ni bo bamaze kubikomerekeramo.

Iyi ntambara hagati ya Israel na Hamas yatangiye tariki ya 07/10/2023. Hari nyuma y’aho uyu mutwe wa Hamas ugabye ibitero kuri Israel bigahitana abagera ku 1200 abandi n’abo barenga 250 barashimutwa.

Tags: Abana ibihumbi 19GazaIsrael
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi Perezida w’igihugu cya Israel, Isaac Herzog, yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11/11/2025, mu ruzinduko...

Read moreDetails

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka Mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad, habaye iturika rikomeye ryibisasu ryahitanye abantu 12, abandi 20 barakomereka, nk’uko...

Read moreDetails
Next Post
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?