• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2025
in World News
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

You might also like

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba bw’isi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’itangazamakuru ryo muri Gaza, ni nyuma y’aho ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi zo muri Palestine, tariki ya 19/08/2025, ryatangaje ko nta hantu harindiwe umutekano abana bahungishirizwa.

Ibigo by’amashuri agenzurwa na Loni ubu ni byo byashyizwemo abaturage batakigira aho kuba kubera ibitero simusiga Israel imaze hafi imyaka ibiri igaba ku mutwe wa Hamas.

Loni igaragaza ko n’aho hantu yacumbikiye aba baturage na ho ibitero bya Israel byahagaze bihitana ubuzima bw’abantu byabarimo n’abana.

Mu itangazo ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi zo muri Palestine yashyize hanze yagize iti: “Nta hantu na hamwe muri Gaza hatekanye hahungishirizwa abana. Hakenewe agahenge byihutirwa.”

Ishami rya Loni ryita ku bana, UNICEF rigaragaza ko mu mezi atanu ashize nyuma y’aho Israel yongeye kugaba ibitero, ubwo agahenge kashyizweho kari karangiye. Bivugwa ko abana 540 bicwa buri kwezi.

Imibare igaragaza ko hagati mu mwaka wa 2024 honyine hishwe Abanya-Palestine 51 baguye mu bitero bya Israel, umunani muri bo bagerageza kujya ahagenewe gufata ibiribwa. Kuva mu kwezi kwa gatanu 2025 abana 2000 bishwe bajya gushaka icyo barya.

Israel yari inaherutse gutangaza ko igiye gukaza ibitero mu mujyi wa Gaza kugira ngo iwugenzure wose , ndetse ivuga ko abatuye muri ibyo bice n’ibindi batangira kwimurirwa mu majy’Epfo y’iyo ntara.

Abaturage 56 bo muri Gaza bishwe n’ibitero bya Israel mu masaha 24 gusa. Batatu muri bo bishwe n’inzara.

Nubwo Israel ikomeje gukaza ibitero mu mujyi wa Gaza abo mu miryango ikomokamo abashimuswe na Hamas bakomeje kugaragaza ko icyo gikorwa kizagira ingaruka zikomeye kuri bene wabo bari basigaye ari bazima.

Uretse abarenga ibihumbi 62 bamaze kwicwa muri Gaza abarenga ibihumbi 150 ni bo bamaze kubikomerekeramo.

Iyi ntambara hagati ya Israel na Hamas yatangiye tariki ya 07/10/2023. Hari nyuma y’aho uyu mutwe wa Hamas ugabye ibitero kuri Israel bigahitana abagera ku 1200 abandi n’abo barenga 250 barashimutwa.

Tags: Abana ibihumbi 19GazaIsrael
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi Igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y'iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu...

Read moreDetails
Next Post
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?