• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2025
in World News
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

You might also like

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba bw’isi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’itangazamakuru ryo muri Gaza, ni nyuma y’aho ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi zo muri Palestine, tariki ya 19/08/2025, ryatangaje ko nta hantu harindiwe umutekano abana bahungishirizwa.

Ibigo by’amashuri agenzurwa na Loni ubu ni byo byashyizwemo abaturage batakigira aho kuba kubera ibitero simusiga Israel imaze hafi imyaka ibiri igaba ku mutwe wa Hamas.

Loni igaragaza ko n’aho hantu yacumbikiye aba baturage na ho ibitero bya Israel byahagaze bihitana ubuzima bw’abantu byabarimo n’abana.

Mu itangazo ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi zo muri Palestine yashyize hanze yagize iti: “Nta hantu na hamwe muri Gaza hatekanye hahungishirizwa abana. Hakenewe agahenge byihutirwa.”

Ishami rya Loni ryita ku bana, UNICEF rigaragaza ko mu mezi atanu ashize nyuma y’aho Israel yongeye kugaba ibitero, ubwo agahenge kashyizweho kari karangiye. Bivugwa ko abana 540 bicwa buri kwezi.

Imibare igaragaza ko hagati mu mwaka wa 2024 honyine hishwe Abanya-Palestine 51 baguye mu bitero bya Israel, umunani muri bo bagerageza kujya ahagenewe gufata ibiribwa. Kuva mu kwezi kwa gatanu 2025 abana 2000 bishwe bajya gushaka icyo barya.

Israel yari inaherutse gutangaza ko igiye gukaza ibitero mu mujyi wa Gaza kugira ngo iwugenzure wose , ndetse ivuga ko abatuye muri ibyo bice n’ibindi batangira kwimurirwa mu majy’Epfo y’iyo ntara.

Abaturage 56 bo muri Gaza bishwe n’ibitero bya Israel mu masaha 24 gusa. Batatu muri bo bishwe n’inzara.

Nubwo Israel ikomeje gukaza ibitero mu mujyi wa Gaza abo mu miryango ikomokamo abashimuswe na Hamas bakomeje kugaragaza ko icyo gikorwa kizagira ingaruka zikomeye kuri bene wabo bari basigaye ari bazima.

Uretse abarenga ibihumbi 62 bamaze kwicwa muri Gaza abarenga ibihumbi 150 ni bo bamaze kubikomerekeramo.

Iyi ntambara hagati ya Israel na Hamas yatangiye tariki ya 07/10/2023. Hari nyuma y’aho uyu mutwe wa Hamas ugabye ibitero kuri Israel bigahitana abagera ku 1200 abandi n’abo barenga 250 barashimutwa.

Tags: Abana ibihumbi 19GazaIsrael
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ese Amerika Yashobora Gutsinda Intambara Iyirwana Yonyine? Amateka Arabivuga Mu Gihe Impaka ku Gusenya NATO Zikomeje

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza impamvu nyamukuru zituma ashaka ko igihugu cye cyagira ububasha...

Read moreDetails
Next Post
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?