• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umutingito udasanzwe wasenye inyubako mu mujyi wa Hualien, muri Tayiwani.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2024
in Regional Politics
0
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umutingito udasanzwe wasenye inyubako mu mujyi wa Hualien, muri Tayiwani.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 03/04/2024, umutingito ukomeye wibasiye igihugu cya Tayiwani.

You might also like

Perezida Kagame Atanga Ubutumwa Bukomeye: “Umutekano w’Abanyarwanda Urarinzwe”

“Perezida Ndayishimiye Yashimangiye Ko u Burundi Bwiteguye Kwirwanaho ku Bitero Byashobora Guturuka mu Rwanda”-Inkuru yavuzwe cyane muri 2025

Minisitiri Nduhungirehe Yagereranyije Icyakozwe na RDC kuri Gen. Ekenge n’Uburyo Habyarimana Yakingiye Ikibaba Mugesera

Ni umutingito wari ufite imbaraga ziri ku gipimo cya 7.4, nk’uko byatangajwe n’igitangaza makuru cya Telegram.

Kivuga ko uwo mutingito wasenye amazu yo ku nkombe y’iburasirazuba bwa Tayiwani. Ikigo cy’Amerika gishinzwe ubushakashatsi ku byerekanye n’ubutaka cyo cyatangaje ko uwo mutingito wari uherereye mu birometre 11 mu majyepfo y’umujyi wa Hualien, muri Tayiwani.

Mu gihe abashinzwe ubumenyi ku by’imitingito bo mu gihugu cya Tayiwani bo bemeje ko uyu mutingito udasanzwe ko kandi wasenye inyubako nyinshi.

Herekanwe n’a mashyusho inyubako zo mu mujyi wa Hualien zasenyutse kandi zigwa zegamiye uruhande rumwe zose.

Iki gihugu cya Tayiwani cyaherukaga kubamo umutingito nawo wari ukomeye mu myaka 25 ishize.

Telegram yasoje ivuga ko hamaze ku menyekana abantu bane bishwe n’uwo mutingito.

Uyu mutingito wibasiye ako karere igihe c’isaha z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatatu.

           MCN.
Tags: TayiwaniUmutingitoWasenye inyubako
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Atanga Ubutumwa Bukomeye: “Umutekano w’Abanyarwanda Urarinzwe”

by Bahanda Bruce
January 1, 2026
0
Perezida Kagame Atanga Ubutumwa Bukomeye: “Umutekano w’Abanyarwanda Urarinzwe”

Perezida Kagame Atanga Ubutumwa Bukomeye: “Umutekano w’Abanyarwanda Urarinzwe” Mu ijambo rikomeye risoza umwaka, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko igihugu kitazihanganira na gato ikintu icyo...

Read moreDetails

“Perezida Ndayishimiye Yashimangiye Ko u Burundi Bwiteguye Kwirwanaho ku Bitero Byashobora Guturuka mu Rwanda”-Inkuru yavuzwe cyane muri 2025

by Bahanda Bruce
December 31, 2025
0
Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda

"Perezida Ndayishimiye Yashimangiye Ko u Burundi Bwiteguye Kwirwanaho ku Bitero Byashobora Guturuka mu Rwanda"-Inkuru yavuzwe cyane muri 2025 Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yagereranyije Icyakozwe na RDC kuri Gen. Ekenge n’Uburyo Habyarimana Yakingiye Ikibaba Mugesera

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
RDC: Amagambo ya Gen. Sylvain Ekenge Avugwaho Gukangurira Urwango Yateje Impaka n’Imvururu mu Karere Kose

Minisitiri Nduhungirehe Yagereranyije Icyakozwe na RDC kuri Gen. Ekenge n’Uburyo Habyarimana Yakingiye Ikibaba Mugesera Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanenze bikomeye icyemezo cy’ubutegetsi bwa Repubulika...

Read moreDetails

RDC Yatakambiye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Ishinja u Rwanda Ibirego Bikomeye

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
RDC Yatakambiye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Ishinja u Rwanda Ibirego Bikomeye

RDC Yatakambiye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Ishinja u Rwanda Ibirego Bikomeye Guhera ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York, ku Nama Nkuru y’Uburenganzira bwa Muntu i Genève,...

Read moreDetails

“Muri Ingabo Nifuzaga Kugira”- Perezida Kagame Ashimira RDF n’Inzego z’Umutekano

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
“Muri Ingabo Nifuzaga Kugira”- Perezida Kagame Ashimira RDF n’Inzego z’Umutekano

“Muri Ingabo Nifuzaga Kugira”- Perezida Kagame Ashimira RDF n’Inzego z’Umutekano Mu butumwa busoza umwaka wa 2025, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yashimye byimazeyo Ingabo z’u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?