• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 19, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2024
in Regional Politics
0
Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane kubagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

Ni mu kiganiro Olive Lembe yagiranye n’abaturage bo mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru baheruka kuvanwa mu byabo kubera intarambara ihanganishije M23 n’igisirikare cya leta ya perezida Félix Tshisekedi.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Iki kiganiro Olive Lembe yagikoze ahar’ejo, tariki ya 02/04/2024 i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Mu sabwe gusenga cyane kugira ngo Imana ibagarurire Joseph Kabila Kabange, ku butegetsi bw’i Kinshasa. Joseph Kabila Kabange niwe wenyine wabashe kugarura amahoro akoresheje ikaramu, mu gihe cy’u buyobozi bwe.”

Ibi kandi byagarutsweho n’umujyanama wa Joseph Kabila mu byapolitike, bwana Barbara Nzambi, aho yavuze ko Kabila Kabange ari ngombwa kugaruka ku butegetsi.

Ati: “Ni ngombwa rwose ko Joseph Kabila Kabange agaruka ku butegetsi. Ubutegetsi bwa Tshisekedi ni ubutegetsi bw’i gitugu kandi butandukanye n’ubwa Joseph Kabila. Erega Joseph Kabila ni umudemokarate.”

Yongeye ho kandi ati: “Kuri ubu butegetsi bwa Tshisekedi nta cyiza tubwitezemo muri iki gihugu cyacu cyiza. Nta kabuza Joseph Kabila agomba kugaruka.”

Kuva Félix Tshisekedi ageze ku butegetsi intambara zahise zinjira maze gusubiranamo kwa moko bihabwa intebe ahanini mu Burasirazuba bwa RDC.

Urwango rushingiye ku moko byahawe umwanya kandi bishigikirwa n’abanyapolitike bari hafi ya Tshitambwe, abarimo ba Bitakwira Justin n’abandi aho bakangurira amoko y’Ababembe, Abapfulero n’abandi kwica no kugirira nabi Abatutsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

         MCN.
Tags: GomaGusanga cyaneJoseph Kabila Kabange agaruke ku butegetsiOlive Lembe

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Ousmane Sonko umaze iminsi mike avuye muri gereza, niwe wagenwe kuba minisitiri w’intebe muri leta ya perezida mushya.

Ousmane Sonko umaze iminsi mike avuye muri gereza, niwe wagenwe kuba minisitiri w'intebe muri leta ya perezida mushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 durcit sa ligne de confrontation avec le pouvoir de Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?