Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 6, 2024
in World News
0
Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

You might also like

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Leta ya Nigeria, binyuze ku muvugizi wa perezida wayo, niwe wemeje urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu, General Taoreed Lagbaja, aho yavuze ko yitabye Imana ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 04/11/2024.

General Taoreed Lagbaja, yitabye Imana ku myaka 56, akaba yaraguye mu mujyi wa Lagos, nyuma y’igihe arwaye, gusa indwara yamuhitanye ntiyatangajwe.

Itangazo ryashyizwe hanze n’umuvugizi wa Perezida, aho yarinyujije kuru kuta rwa x, rivuga ko perezida Tinubu yihanganishije byimazeyo umuryango wa Gen Lagbaja.

Iri tangazo rivuga ko urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu, ari igihombo gikomeye ku ngabo za Nigeria.

Rikomeza rivuga ko uyu mugabo witabye Imana yagize uruhare runini mu bikorwa byinshi, birimo ukurinda umutekano w’imbere mu gihugu ndetse no mu bindi bikorwa bitandukanye byoguteza iki gihugu imbere.

Ahagana tariki ya 19/06/2023, nibwo perezida Tinubu yazamuye mu ntera Lt Gen Lagbaja amugira umugabo mukuru w’ingabo z’igihugu cyabo cya Nigeria.

Apfuye yari amaze umwaka umwe n’amezi make ari umugaba mukuru w’ingabo za Nigeria.

Tags: NigeriaTraoreed LogbajaUmugaba mukuru w'ingabo
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasuye mu gace Iran yarashemo k'i Tel Aviv muri Israel, agera aho ibisasu byaraye bisenyaguye. Abantu icumi...

Read moreDetails

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk'igiterabwaba. Mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya Israel na Iran, ibihugu byombi kimwe gishinja icyabo kwica...

Read moreDetails

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk'imvura, ibyinshi birapfuba…. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere. Ubwo...

Read moreDetails

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza. Mu buryo bwo kwihimura, Iran yohereje muri Israel drones zirenga 100 na za misile,...

Read moreDetails

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye. Abayobozi b'Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n'igisirikare cya Israel muri icyo gihugu. Ni igitero Israel...

Read moreDetails
Next Post
Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.

Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w'ingabo anavuga impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?