• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 6, 2024
in World News
0
Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Leta ya Nigeria, binyuze ku muvugizi wa perezida wayo, niwe wemeje urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu, General Taoreed Lagbaja, aho yavuze ko yitabye Imana ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 04/11/2024.

General Taoreed Lagbaja, yitabye Imana ku myaka 56, akaba yaraguye mu mujyi wa Lagos, nyuma y’igihe arwaye, gusa indwara yamuhitanye ntiyatangajwe.

Itangazo ryashyizwe hanze n’umuvugizi wa Perezida, aho yarinyujije kuru kuta rwa x, rivuga ko perezida Tinubu yihanganishije byimazeyo umuryango wa Gen Lagbaja.

Iri tangazo rivuga ko urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu, ari igihombo gikomeye ku ngabo za Nigeria.

Rikomeza rivuga ko uyu mugabo witabye Imana yagize uruhare runini mu bikorwa byinshi, birimo ukurinda umutekano w’imbere mu gihugu ndetse no mu bindi bikorwa bitandukanye byoguteza iki gihugu imbere.

Ahagana tariki ya 19/06/2023, nibwo perezida Tinubu yazamuye mu ntera Lt Gen Lagbaja amugira umugabo mukuru w’ingabo z’igihugu cyabo cya Nigeria.

Apfuye yari amaze umwaka umwe n’amezi make ari umugaba mukuru w’ingabo za Nigeria.

Tags: NigeriaTraoreed LogbajaUmugaba mukuru w'ingabo
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.

Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w'ingabo anavuga impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?