• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2024
in World News
1
Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.

Minisitiri w’intebe muri Israel, Benjamin Netanyahu yirakanye minisitiri w’ingabo Yoav Gallant, asobanura ko umwirukanye kumpamvu z’uko batakicyumvikana.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Mu bisobanuro bwana Benjamin Netanyahu yatanze, yagaragaje ko yari amaze igihe kirekire yaratakarije uyu minisitiri w’ingabo z’iki gihugu icyizere.

Yanatangaje kandi ko yamusimbuje minisitiri w’ubabanye n’amahanga, Israel Katz.
Yaav Gollant wasimbuwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga, yakoresheje urubuga rwa x, avuga ko “umutekano wa Israel uzakomeza kuba intego nyamakuru y’ubuzima bwe.”

Gusa, amakuru ava muri icyo gihugu avuga ko iyirukanwa rya minisitiri w’ingabo z’iki gihugu, byateje imyigaragambyo, ahanini ikaba yabereye mu mujyi w’i Tel Aviv, abatavuga rumwe na Leta bahamagariye abaturage kwigaragambya.

Aya makuru anavuga ko Netanyahu atari akicyumva kimwe na Gallant ku byerekeye intambara igihugu cyabo kimazemo igihe ndetse ko ukutumvikana kwabo kukaba kwari kumaze igihe.
Gallant yifuza ko abaturage bashimuswe na Hamas barekurwa binyuze mu bwumvikane ndetse n’intambara muri Gaza igahagarara, ibyo Netanyahu adakozwa.

Ibindi uyu minisitiri wirukanywe, adakozwa ngo ni ukuntu abaturage ba Israel bo mu Idini rya Orthodox batajya mu gisirikare.

Ibyo bibaye kandi mu gihe Netanyahu yari yarirukanye, uyu minisitiri mbere y’uko intambara yo muri Gaza itangira, ariko akaza kumusubizaho ku gitutu cy’abaturage bari bakoze imyigaragambyo basaba ko agaruka kuri uyu mwanya.

Tags: IsraelNetanyahuYirukanyeYoav Gallant

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    priligy tablets price 1995; Saigh et al

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?