Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Muri Nigeria Impanuka idasanzwe yahitanye abarenga 150.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 17, 2024
in Uncategorized
0
Muri Nigeria Impanuka idasanzwe yahitanye abarenga 150.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Nigeria Impanuka idasanzwe yahitanye abarenga 150.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu gihugu cya Nigeria bazindutse bashyingura imibiri y’abantu barenga 150 baburiye ubuzima mu iturika ry’imodoka yari itwaye ibikomoka kuri peteroli ubwo bari bagiye kuyivoma.

Amakuru akomeje gutangazwa n’ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu, avuga ko umubare w’abahitanywe n’iyi mpanuka yabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 16/10/2024, wagiye wiyongera ni mu gihe bimwe muri ibyo bitangaza makuru byavuze ko abapfuye bagera kuri 150 mu gihe BBC yo yavuze ko ari 153.

Ni mpanuka yabereye neza mu mujyi wa Majiya muri Leta ya Jingwa ho mu gihugu cya Nigeria, ubwo ikamyo yari itwaye Lisansi (igitoro) yaturitse ni mu gihe abaturiye muri ako gace bageragezaga kuvoma Lisansi yavaga muri iyi kamyo.

Mu mashusho abigaragaza ubona abaturage bahiye barakongoka, ku buryo imibiri y’abenshi mu bahitanywe n’iyi mpanuka itamenyekanye.

Gusa amakuru avuga ko mwen’izi mpanuka ko zikunda kuba muri Nigeria, kubera ubuke bwa mashyanyarazi atuma ubwikorezi bwa Gari ya Moshi budakora neza bituma ibicuruzwa birimo na Lisansi byambutswa binyujijwe mu mihanda.

Ikindi kandi ngo nuko imodoka zikunze gukora iz’impanuka ngo niziba zikorera mu miganda, ubundi abaturage bagaharura bagiye kuvoma ibikomoka kuri peteroli rimwe na rimwe, bigaturika, bigahitana ubuzima bwa benshi.

Ubundi n’uko impanuka nk’iyi muri Kenya yaherukaga kuba mu kwezi kwa Cyenda, aho yanahitanye abantu barenga 48.

Nyuma Polisi yo muri iki gihugu, yahise itangaza ko igiye gukaza umutekano n’amategeko byo mu muhanda, mu rwego rwo kugabanya impanuka z’amakamyo zikomeje guhitana ubuzima bwa benshi.

              MCN.
Tags: IdasanzweImpanukaNigeriaYahitanye abarenga 153
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Iran yongeye ku burira Israel ikoresheje amagambo akakaye.

Iran yongeye ku burira Israel ikoresheje amagambo akakaye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?