• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iran yongeye ku burira Israel ikoresheje amagambo akakaye.

minebwenews by minebwenews
October 17, 2024
in Regional Politics
0
Iran yongeye ku burira Israel ikoresheje amagambo akakaye.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yongeye ku burira Israel ikoresheje amagambo akakaye.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni umuyobozi w’ingabo z’indashyikirwa z’impundura matwara muri Iran, wa buriye igihugu cya Israel kutagira icyo itegura ku byo kwihorera kubera ibisasu bya misile bayirasheho, ngo kuko mu gihe yoramuka ibikoze yohura n’akaga itigeze ihura nako n’ikindi gihe.

Mu ijambo rye ryatambutse kuri televisiyo yo muri icyo gihugu, Hossein Salami yagize ati: “Turabwira mwebwe Banyisiraheli ni mu gira igitero mugaba ahantu runaka hose muri Iran, tuzatera bibaje ahantu nk’aho hanyu.” Yongeyeho ko Iran ishobora kwinjira mu birindiro bya Israel nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters byabitangaje.

Ibi bikaba bije nyuma y’amakuru y’ibitangazamakuru bikomeye ku Isi nka CNN byemeje ko Israel yamaze guhitamo ahantu izibasira muri Iran kandi bizaba mbere y’amatora yo mu kwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri iki Cyumweru, minisitiri w’ingabo wa Amerika, Lloyd Austin, yaganiriye na minisitiri w’ingabo wa Israel, Yoav Gallant ku bijyanye n’ibikorwa bya Israel muri Liban na Gaza, hagamijwe gukumira intambara ishobora kwaduka mu karere.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Iran, Abbas Araqchi, nawe yageze i Cairo kugira ngo aganire n’abayobozi ba Misiri mu rwego rwo kuzenguruka u Burasirazuba bwo hagati mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera.

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi wagiranye inama ya mbere n’ibihugu byo mu kigobe maze usohora itangazo risaba gutuza.

Rigira riti: “Turashimangira akamaro ko kugirana ibiganiro mu buryo bwa dipolomasi na Iran, kugira ngo habeho koroshya umwuka mubi mu karere.”

Ku ruhande rwayo, Israel nta kimenyetso cyerekana ko yoroshya ibikorwa byayo bya gisirikare byo kurwanya Hezbollah muri Liban nyuma yo kwica abayobozi bayo benshi na Hamas muri Gaza kandi yijeje kwihorera kuri Iran kubera igitero cyayo cya za misile cyo ku itariki ya 1/10/2024.

Qatar, igerageza gutegura ibiganiro bigamije guhagarika imirwano muri Gaza yavuze ko mu byumweru bitatu cyangwa bine bishize nta mishyikirano yigeze ibaho.

Kuri uyu wa kane kandi, ibitero by’indege bya Israel byahitanye Abanyapalesitine 11 mu mujyi wa Gaza, mu gihe ingabo za Israel zohereje ibifaru muri Jabalia mu majyaruguru, aho Abanyapalesitine n’abakozi b’umuryango w’Abibumbye bagaragaje impungenge z’ibura ry’ibiribwa n’imiti.

           MCN.
Tags: IranIsrael
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Israel cyivuganye indwanyi ikaze yo mu mutwe wa Hezbollah.

Igisirikare cya Israel cyivuganye indwanyi ikaze yo mu mutwe wa Hezbollah.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?