• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 8, 2025
in Conflict & Security
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

You might also like

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Abaturage batwitse abagabo bane babaganga babashinja gukora ubupfumu, nyuma yo kubakekaho guca ibice by’imyororokere by’abantu.

Ibi bikorwa by’ubunyamanswa byabereye ahitwa i Lamba muri teritware ya Isangi mu ntara ya Tshopo, tariki ya 06/10/2025.

Amakuru akavuga ko abo bishwe urw’agashinyaguro bari mu butumwa bwemewe kandi buzwi n’ubuyobozi bwa teritware ya Isangi.

Bivugwa ko aba bishwe barimo abahanga mu by’indwara z’ibyorezo, bitegura gukingira abana bacikanwe.

Uwitwa Dr Bienvenue Ikomo, umuyobozi wa serivisi z’ubuvuzi mu ntara ya Tshopo, yahamije ko abo baganga bishwe bari mu butumwa bw’akazi.

Avuga ko babiri muri bo, bakoraga n’ubushakashatsi, bakubiswe bikabije mbere yo gutwikirwa mu gace ka i Lambi.

Yavuze ko abandi babiri bakorewe ibikorwa by’iyicarubozo i Yafira, mbere y’uko imirambo yabo ijugunywa mu mugezi wa Lomami.

Roger Ekongo Demba, minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu mu ntara ya Tshopo, yavuze ko ibikorwa nk’ibi byiyongera ku biherutse kubera muri teritware za Yuhuma, Basoko na u Bundu.

Yavuze ko bagiye kwigisha abaturage kugira ngo bamenye ko umuntu mushya batazi badakwiye kumwitiranya n’umupfumu, kuko byatera umwiryane.

Tags: AbagangaBatwitsweIsangi
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Imiryango ihagarariye Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi yagejeje ikirego ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, isaba ko uwahoze ari Umuvugizi w’Ingabo...

Read moreDetails

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge Amakuru aturuka mu misozi y'i Mulenge, muri teritwari ya Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko habaye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yavundereje abacanshuro Tshisekedi yazanye karahava

AFC/M23/MRDP yavundereje abacanshuro Tshisekedi yazanye karahava

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?