• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC hakomeje kuvugwa uruntu runtu, ni nyuma y’uko CENI itangaje ibya vuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa mu Burasirazuba bw’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo no muri Congo yose muri rusange.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora (CENI), nyuma y’uko itangaje ibya vuyemo, abo mu bwoko bw’Ababutu bigometse ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ni mu gihe mu badepite hatigeze hatsinda nu mwe ndetse no mu bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

Bya navuzwe ko ibi byatumye insoresore z’Abahutu n’abandi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, berekeza mu mutwe wa M23 ari benshi, kugira barwanye ubutegetsi bwa Tshisekedi.

Nk’uko bikomeje kuvugwa n’uko muri Rutsuru abo mu bwoko bwa Banande batsinze Amatora kuru gero rwo hejuru. N’ubwo Abanande aribo batsinze ariko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri Rutsuru barenga miliyoni zitandatu, bityo rero kuba ba buze umudepite n’umwe, bya baye imbarutso yo kurwanya Tshisekedi n’agatsiko ke.

Abanande, kuba batsinze, bikekwa ko bya ba biva ku kuba ari abantu bagira amacyakubiri kandi ko banze ubutegetsi bw’uwahoze ari perezida Joseph Kabila.

Ibyo bya garagaye ubwo Joseph Kabila yari amaze kuva ku ngoma abanande batwitse amazu ye i Beni n’ahandi.

Andi makuru n’uko i Masisi, mugace ka Kobokobo, hazindutse humvikana urufaya rwa masasu menshi. Gusa uduce tumazemo iminsi tuberamo imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ni mu nkengero za Sake, Mulemule na Matanda.

Amakuru y’ukuri n’uko Drone na Sukhoï-25, FARDC yifashisha mukurasa mu birindiro bya M23 kuri ubu ntizikoreshwa ni nyuma y’uko M23 ihanuye drone ya Fardc yo mu bwoko bwa Ch-4, iyo bahanuriye mu bice byo muri Kibumba, teritware ya Nyiragongo.

Andi makuru avuga ko SADC zamaze gukambika i Sake, Mubambiro ndetse n’umuhanda uja Minova.

Ibya SADC, birimo agasaku ni mugihe hagize igihe havugwa ko SADC itavuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC, aho ndetse
Urugemero rwa Inga, leta ya Kinshasa yamaze kuburira igihugu cya Afrika y’Epfo ko SADC nira muka idafashije FARDC kurwanya M23 itazongera kubaha umuriro bahora barahura kuri urwo rugemero rwa Inga.

Ibi bya tumye Afrika y’Epfo ivana abasirikare bayo bari muri MONUSCO, bo mw’itsinda rya Intervation rapide bari Lubero, ibohereza kurwanya M23.

Ariko hakaba hari hasanzwe havugwa ko SADC idashaka ko FARDC izayobora operasiyo yo kurwanya M23 hubwo ko SADC ar’iyo izayobora ibyo ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC yanze kuva rugikubita.

Bruce Bahanda.

Tags: AmatoraHaravugwa uruntu runtuNyuma y'uko CENI itangajeRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa RDC na Bintu Keita, batangaje ibishya kuri MONUSCO.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?