Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa, ahari bubera umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, batandatu gusa mu Banyacyubahiro nibo bamaze kuhagera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Muri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa, ahari bubera umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, batandatu gusa mu Banyacyubahiro nibo bamaze kuhagera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Stade ya Martyrs iherereye i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hateraniye Abanyacyubahiro batandukanye bitabiriye u muhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20/01/2025, ara rahirira kuyobora RDC manda ya kabiri. Mu makuru yatanzwe n’intumwa ya Tshisekedi yihariye Serge Tshibangu, ya vuze ko umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, hari bwitabire aba kuru b’ibihugu icyumi n’umunani(18), harimo n’abahagarariye imiryango Mpuzamahanga.

Gusa irahira rya Tshisekedi, ribaye mugihe Abanyapolitike benshi muri RDC batemera ibya vuye mu matora aheruka kuba muri icyo gihugu.

Dore ko abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu, Floribert Anzuluni n’abandi, bari batangaje ko bo baza gukora imyigaragambyo simusiga, yamagana irahira rya Tshisekedi n’ibya vuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023, ibyo umuvugizi wa Guverinema ya Kinshasa Patrick Muyaya ya maganye, ndetse avuga ko abashinzwe umutekano bataza kwemera ko imyigaragambyo iba.

Kugeza ubu nta hantu haravugwa imyigaragambyo mu gihe muri Stade ya Martyrs ho hamaze kugera abantu benshi.

K’urundi ruhande Abanyacyubahiro bamaze kugera i Kinshasa hari delegation ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, n’abakuru b’ibihugu bagera kuri batandatu bo mu bihugu by’Afrika, ni byemejwe na Patrick Muyaya, umuvugizi wa Guverinema ya Kinshasa.

Tubibutsa ko Stade ya Martyrs, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 80,000.

Tags: KinshasaKurahira kwa TshisekediStade ya Martyrs
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo karandura y’amagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi, iracarimo ku vugwa ahantu habiri.

Imyigaragambyo karandura y'amagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi, iracarimo ku vugwa ahantu habiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?