• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyigaragambyo karandura y’amagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi, iracarimo ku vugwa ahantu habiri.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Imyigaragambyo karandura y’amagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi, iracarimo ku vugwa ahantu habiri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imyigaragambyo karandura ya magana irahara rya perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Kugeza ubu imyigaragambyo iracarimo ku vugwa ahantu habiri i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru no mu Mujyi wa teritware ya Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru yizewe avuga ko urubyiruko ru gwiriyemo abahungu n’abakobwa ko aribo ba byukiye mu myigaragabyo aho bafunze imihanda mu bice biherereye muri Goma, ndetse batwikira n’amapini, hagati mu mihanda mu rwego rwo kwerekana ko batishimiye ibya vuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023.

K’u wa Kane, tariki ya 18/01/2024, n’ibwo abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu, Floribert Anzuluni n’abandi, batemera ibya vuye mu matora, bashize itangazo hanze rihamagarira Abanyekongo bose kuzitabira kwa magana ibya vuye mu matora n’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

Mu itangazo bashize hanze ntiri ranga agace na kamwe kateguriwemo i myigaragabyo, gusa bavuze ko ahariho hose umunyekongo azaba aherereye akwiye kuzakora ibishoboka byose akamagana ubutegetsi bu bi bwa RDC.

Nyuma y’ itangazo rimenyesha ko hazaba imyigaragambyo, Minisitiri w’u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, yahise akora ikiganiro n’Abanyamakuru i Kinshasa, avuga ko imyigaragambyo itemerewe ko kandi uzagerageza kuyikora azahura “nakaga adashobora kuzikuramo.” Ibyo biri mu byatumye ingabo za FARDC muri Kinshasa zikubita ziruzura imihanda yose mu rwego rwo guharanira umutekano w’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

Guhera igihe c’isaha z’asaa tanu z’igitondo muri Stade ya Martyrs Abanyacyubahiro batandukanye n’abaturage ba RDC bari bamaze kugeramo ku bwinshi, aho bategereje kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi, muri manda ya Kabiri.

Bruce Bahanda.

Tags: Imyigaragambyo karanduraIracarimo kuvugwa ahantu habiriYamagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe amabwiriza mashya agenga abaturiye ibice bigenzurwa na M23.

Hatanzwe amabwiriza mashya agenga abaturiye ibice bigenzurwa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?