• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, July 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Muyumba yanenze ubutegetsi bwa RDC uburyo bukoresha dipolomasi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 9, 2025
in Conflict & Security
0
Muyumba yanenze ubutegetsi bwa RDC uburyo bukoresha dipolomasi
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muyumba yanenze ubutegetsi bwa RDC uburyo bukoresha dipolomasi

You might also like

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

Francine Muyumba wahoze ari senateri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, usanzwe kandi ari n’umunyamategeko, yanenze ubutegetsi bw’iki gihugu uburyo bukoresha dipolomasi mu gukemura ibibazo by’umutekano n’ibya Politiki.

Ni mubutumwa yatambukije akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, aho yavuze ko dipolomasi ikoreshwa n’ubutegetsi bw’i Kinshasa isa n’imikono idashinga y’amagambo.

Yavuze ko iyo diplomasi itazigera itsimbura ukuri cyangwa ubushake bwa politiki.

Yagize ati: “None se Kinshasa izakora iki? Niba ikomeje guhunga ibisubizo by’imbere mu gihugu?”

Yakomeje avuga ko iki gihugu kigomba gusubira mu butegetsi bugendera ku mategeko, ngo kuko uburiho ubu nta tegeko na rimwe bwubahiriza kandi budakunda abaturage.

Muyumba ni umwe mubatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi. Ni umugore ukiri muto kuko afite imyaka 38 y’amavuko.

Abarizwa mu ishyaka rya PPRD rya Joseph Kabila. Yagaragaje ko ibiganiro bigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, byaba ibya Doha, Luanda na Nairobi cyangwa ibya Washington DC, ntacyo bizatanga.

Maze ashimangira ko amahoro yo muri RDC azava mu biganiro by’Abanyekongo bo ubwabo bonyine, kandi ko kuyashakira hanze ya Congo ari uguta umwanya.

Kinshasa ishinjwa kenshi kwivuguruza mu byemezo bifatirwa mu masezerano atandukanye, ibinatuma politiki y’igihugu ifatwa nk’ idahwitse kandi itagira umurongo uhamye.

Tags: DipolomasiMuyumba
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k'Umutekano mu Gitutu Gikomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryashyikirije Akanama k'Umutekano k'Umuryango...

Read moreDetails

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry'Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y'Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu." MINEMBWE CAPITAL NEWS Ubuyobozi bwo mu Mujyi wa Baraka, muri Teritwari ya Fizi, Intara...

Read moreDetails

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces MINEMBWE CAPITAL NEWS Reliable information gathered by Minembwe Capital News indicates that...

Read moreDetails

Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n’Isubira Inyuma ry’Ingabo za FARDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n’Isubira Inyuma ry’Ingabo za FARDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n'Isubira Inyuma ry'Ingabo za FARDC n'Abafatanyabikorwa Bazo MINEMBWE CAPITAL NEWS Amakuru yizewe Minembwe Capital News yakusanyije agaragaza ko tariki ya 30/07/2026, MRDP-Twirwaneho...

Read moreDetails

C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

C64 Byayikomeranye: Nyuma y'Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw'Iri Huriro mu Kindi Gihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhangana n'ibibazo...

Read moreDetails
Next Post
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?