• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nangaa yatangaje iki giye gukurikira nyuma y’uko bafashe Sake.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nangaa yatangaje iki giye gukurikira nyuma y’uko bafashe Sake.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Perezida w’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare, AFC, Corneille Nangaa, yatangaje ko intambara barimo igifite intego yo gukuraho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bw’i Kinshasa.

Nangaa yatanze ubu butumwa mu gihe umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya AFC wamaze kuzenguruka umujyi wa Goma, ukaba kandi wafashe na centre ya Sake uri mu birometero bike n’uriya mujyi wa Goma.

Uyu muyobozi mukuru muri AFC yavuze ko abarwanyi babo badahanganye n’ingabo za RDC ngo kuko ari Abanye-kongo benewabo, hubwo ko bahanganye n’ingabo z’u Burundi n’umutwe wa FDLR, bo bakigaragara ko bafite imbaraga.

Yagize ati: “Ntabwo turi kurwanya abasirikare ba Congo. Ni Abanye-kongo nkatwe. Abanzi bacu, bafite imbaraga, ni Ingabo z’u Burundi na FDLR.”

Yasobanuye ko nubwo ingabo ziri mu butumwa by’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) n’iz’u muryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC ziri kubarwanya, na zo atari umwanzi wabo.

Umuganga ukorera muri Bukavu yagaragaje ko mu gihe cyavuba, M23 ishobora gufata uyu mujyi uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kuko ubutegetsi bw’iki gihugu budashyize umutima kuri iyi ntambara, nubwo bubeshya abaturage ko bakwiye kubwizera.

Ati: “Leta iri kugerageza guhumuriza abaturage ariko ntabwo bakiyizera . Abaturage bakomeje kunenga Félix Tshisekedi. Bagereranya perezida wacu ujya kureba umukino w’umupira w’amaguru mu gihe umujyi wa Masisi wafashwe na Zelensky wo muri Ukraine utita kubibera mu gihugu cye.”

Nangaa yasobanuye ko Koko ingabo zabo zifite umugambi wo gufata Congo yose, bagakuraho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukomeje gusenya ibikorwa remezo bigize iki gihugu cyabo.

Yavuze ko ari Abanyekongo bashoye intambara kuri leta y’iki gihugu kubera ko itubahiriza inshingano ifite ku Banye-Kongo, igakora ibidakwiye.

Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, yafashe indi ntera mu gihe Tshisekedi akicyinangiye ku ganira n’uyu mutwe wa M23 uwo yita umutwe w’iterabwoba.

Hagataho, umutekano mu mujyi wa Goma na Bukavu urakemangwa, ni mu gihe abasirikare barinze iyo mijyi bamaze gucika intege, aho binakekwa ko bamwe batangiye guhunga berekeza mu bihugu by’ibituranyi, nku Rwanda, Uganda n’ahandi.

Tags: AFCGomaM23
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y’uko ihinduye isura.

Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y'uko ihinduye isura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?