• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Niger, ngoyaba igiye kubamo intambara ikomeye mugihe ibihugu birenga bitatu, byiyemeje kuyitabara mugihe CEDEAO ya yishoraho urugamba.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Niger, ngoyaba igiye kubamo intambara nimugihe hari bihigu byemeye kuyitabara mugihe yagabwaho ibitero.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 01/08/2023, saa 9:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Bimwe mu b’ihigu by’ibituranyi bya Niger byiyemeje kuyitabara, mu gihe umuryango w’ibihugu bya Afrika y’Uburengerazuba CEDEAO, washora urugamba kuriki gihugu bigamije gusubiza ku butegetsi Perezida Mohamed Bazoum, uheruka guhirikwa ku butegetsi nabashinzwe kumurinda.

Kuruyu wa Gatanu, tariki 27/07/2023, ni bwo Perezida Mohamed Bazoum yahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mwitsinda ryabashinzwe kurinda umukuru w’igihugu.

Iryotsinda ryamuhiritse kubutegetsi ryari riyobowe na General Abdourahamane Tchiani. Bamaze guhirika Bazoum ku butegetsi, bamufunga umwanya wamasaha make.

Ihirikwa rya Perezida wa Niger ryamaganiwe kure n’ibihugu nk’u Bufaransa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse n’imiryango irimo uwa Afrika yunze Ubumwe, uw’Ubumwe bw’u Burayi ndetse na CEDEAO.

Iyi CEDEAO mu itangazo iheruka gusohora yasabye abahiritse ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum kuba bamaze kubumusubiza bitarenze iminsi itanu, bitaba ibyo igakoresha ingufu za gisirikare mu kubumusubiza.

Mumwaka wa 2017 ubwo Yahya Jammeh wari Perezida wa Gambia yageragezaga guhirika ubutegetsi nyuma yo gutsindwa amatora y’Umukuru w’Igihugu, CEDEAO yohereje Ingabo zo gutanga umusada muri iki gihugu bituma uriya munyagitugu ahungira muri Guinée-Équatoriale.

Izi mbaraga CEDEAO yakoresheje muri Gambia birasa n’aho ishaka kongera kuzikoresha muri Niger, igihugu yamaze gufatira ibihano ndetse no gufungira imipaka yose.

Hagati aho ibihugu bya Mali na Burkina Faso biyobowe n’abasirikare bafashe ubutegetsi biciye muri Coup d’État, byaburiye CEDEAO ko niramuka yohereje Ingabo zayo muri Niger bizatabara iki gihugu.

Ibi bihugu byombi mu itangazo bihuriyeho byasohoye, byavuze ko “kohereza ingabo muri Niger bisobanuye gushoza intambara kuri Burkina Faso na Mali.”

Itangazo rivuga kandi ko mu gihe Ingabo za CEDEAO zizaba zigabye ibitero kuri Niger bizasunikira Burkina Faso na Mali kuva muri uriya muryango, mbere yo “gufata ingamba zo kwirwanaho binyuze mu guha ubufasha Ingabo za Niger n’abaturage bayo.”

Ikindi gihugu cyemeje ko cyiteguye guha Niger umusada ni Algerie, nk’uko ikinyamakuru Intel Kirby cyabitangaje.

Iki gitangazamakuru cyavuze ko mu gihe Ingabo za CEDEAO zaba ziteye Niger, Algerie itazicara ngo irebere.

Amakuru avuga kandi ko Igisirikare cya Algerie cyatangiye gukaza ingamba z’umutekano ndetse no gushyira Ingabo zacyo mu mwuka w’intambara, by’umwihariko ku mipaka ya kiriya gihugu na Niger.

Ikindi gihugu cyaciye amarenga y’uko na cyo gishobora gutabara Niger ni Guinée-Conakry.

Iki gihugu mu itangazo ryasohoye n’inama ya gisirikare ikiyoboye, cyamaganye ibihano CEDEAO iheruka gufatira Niger; gishimangira ko kitazigera kibyubahiriza.

Guinée yatanze umuburo w’uko “Igitero cya gisirikare kuri Niger gishobora gusenya CEDEAO.”

Iki gihugu cyunzemo ko kimwe n’ibihugu bya Mali na Burkina, cyifuza ko ubusugire bwa Niger butavogerwa.

Tags: CEDEAOIbihugu bitatuNigerurugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Mugiterane kirimo kubera i Kigali, Apôtre Gitwaza, yavuze amambo akaze nimugihe yavuze kuba Pasteur bikigihe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?