• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mugiterane kirimo kubera i Kigali, Apôtre Gitwaza, yavuze amambo akaze nimugihe yavuze kuba Pasteur bikigihe.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Apôtre Paul Gitwaza, yavuze amambo akaze.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 01/08/2023, saa 11:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umushumba mukuru w’itorero Authentic Word Ministries cangwa irizwi nka Zion Temple Celebration Center, Apôtre Docteur Paul Gitwaza, yavuze ko igihugu c’u Rwanda kirimo ba Pasiteri bakunze kurenga ku mabwiriza yashizweho ajyanye na gahunda yo gushyingira.

Mugiterane kirimo kubera i Kigali, ciswe ‘Afrika Haguruka nigiterane kibaye inshuro zirenga zitanu. Murico giterane Apôtre Gitwaza yavuze ko bidakwiye ko umukobwa usenga ashakana n’umusore w’umupagani, cyangwa ujya gusenga kubera ko ashaka umugeni.

Yagize ati: “Abakobwa bacu bakunda abahungu bo hanze, ba bapagani. Abapagani bo hanze bagashaka abakobwa bacu bo mu rusengero. Wamubwira, ngo Oya Pasite, narabisengeye, ni ukuri Imana yaramunyeretse, Imana iza kukwereka umupagani? Iyo ni Imana ya he? Imana ntikwereka umupagani.”

Gitwaza yavuze ko amatorero yashyizeho amategeko agenga umuhango wo gusezeranya, ariko abapasiteri bamwe bayarengaho. Ati: “Dushobora gushyiraho amategeko y’amezi 6 ariko hari abapasiteri aha b’inzererezi, babashyingira babahaye ifaranga. Tujya kureba gutya, tukabona barabashyingiye. Wowe uranga, bati ‘Yuuhu! Akira 50 milles’, ejo bakamushyingira. Twebwe nk’amatorero dushyiraho ayo mategeko, ariko bo bagakoresha inzira za panya bajya gushyingirirwamo. Barabashyingira buri munsi hanze.”

Uyu muvugabutumwa yahamije ko uku kudahuza kutarangwa muri Kiliziya Gatolika. Ati: “Kubera iki dutandukanye na Ekelezia Gatolika? Gatolika ni imwe. Naho twe umuntu wese arabyuka, akaba Prophète, akaba Apôtre. Wenyine mu gitanda, ariko ni irihe zina ryiza? Agakora ‘Njenjenje, karirengura…’ Apôtre! Agahita aba Apôtre. Aricyara akavuga ngo ariko izina rigezweho ni irihe? Wenyine akabyuka mu gitondo, akajya kuri YouTube ngo ‘Archbishop Nsenga Mana’. Ni uko bikaba birafashe. Kubera ko hari inzererezi z’aba YouTube na bo, ngo ‘Archbisho, Archbisho!’, rya zina rigafata.”

Gitwaza yasobanuye ko umuntu wihaye izina ry’ubushumba muri ubu buryo ashyingira abarimbuka. Ati: “Uwo nguwo ashyingira abajya ikuzimu bose. Abamanuka bajya mu mwobo bose arabashyingira. Kuko ntiyabaye uwo kubera umuhamagaro, yabibaye kubera ifaranga.”

Apôtre Gitwaza, yagaragaje iki kibazo mu gihe Leta y’u Rwanda iteganya gahunda yo guhugura abakora uyu murimo kugira ngo babikore mu buryo bunoze kurushaho. Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere RGB, Dr Usta Kaitesi, mukwezi Kwa Kane uyumwaka 2023 yabivuzeho ati: “Abazibandwaho cyane muri aya mahugurwa ni abashumba badafite ubumenyi buhagije bujyanye n’ikigero gisabwa.”

Tags: Apôtre Gitwaza PaulIgiterane Afrika Haguruka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Abagenzi bavaga Baraka berekeza mu Lusenda, banyazwe akayabo kamafaranga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?