• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Nigeria: Igisasu Cyaturikiye mu Musigiti Gihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 25, 2025
in Religion
0
Nigeria: Igisasu Cyaturikiye mu Musigiti Gihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nigeria: Igisasu Cyaturikiye mu Musigiti Gihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

You might also like

Inyandiko za Kera Zishobora Guhindura Uko Isi Itekereza ku Mwuka, Amateka n’Ubuzima

Sarah Yabaye Umugore wa Mbere ugeze mu Buyobozi Bukuru bw’Itorero Angilikani, Handikwa Amateka Mashya y’Iri Torero

Kiliziya Gatolika Yahakanye Ibyo Gucuruza Ukarisitiya, Isobanura Inkomoko y’Amashusho Yakwirakwiye ku Mbuga Nkoranyambaga

Abantu batanu baguye mu gitero cy’igisasu cyaturikiye mu musigiti uherereye mu mujyi wa Maiduguri, muri Leta ya Borno, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Nigeria, mu gihe abandi 35 bakomeretse bikomeye.

Iki gisasu cyaturitse ku mugoroba wo ku wa Gatatu ahagana saa kumi n’ebyiri, mu gihe abayisilamu bari bateraniye mu masengesho ya nimugoroba. Abatangabuhamya bavuze ko iryo turika ryabereye mu gace ka Gamboru Market, ahari hateraniye abantu benshi, bigatuma ingaruka zacyo zirushaho gukara.

Polisi ya Leta ya Borno yatangaje ko iperereza ry’ibanze ryerekana ko iki gitero gishobora kuba cyakozwe n’umwiyahuzi. Umuvugizi wa polisi, Nahum Daso, yavuze ko habonetse ibisigazwa byerekana uburyo bwakoreshejwe n’abiyahuzi, ashimangira ko iperereza rikomeje kugira ngo hamenyekane ukuri ku byabaye.

Inzego z’umutekano zahise zitangira gusaka no kugenzura ako gace ka Maiduguri, mu rwego rwo gukumira ibindi bisasu cyangwa ibindi bikorwa by’iterabwoba byashoboraga gukurikiraho.

Kugeza ubu, nta mutwe urigamba iki gitero. Gusa Maiduguri imaze igihe kinini ari indiri y’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro irimo Boko Haram n’ishami ryayo rya Islamic State West Africa Province (ISWAP).

Ukwigomeka muri aka karere kumaze imyaka irenga 15, kwahitanye abantu barenga ibihumbi 40 bisiga kandi abarenga miliyoni ebyiri bavuye mu byabo, nk’uko bitangazwa n’Umuryango w’Abibumbye (Loni).

Tags: IgisasuNigeriaUmusigiti
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inyandiko za Kera Zishobora Guhindura Uko Isi Itekereza ku Mwuka, Amateka n’Ubuzima

by Bahanda Bruce
February 6, 2026
0
Inyandiko za Kera Zishobora Guhindura Uko Isi Itekereza ku Mwuka, Amateka n’Ubuzima

Inyandiko za Kera Zishobora Guhindura Uko Isi Itekereza ku Mwuka, Amateka n’Ubuzima Mu misozi miremire ya Etiyopiya, aho amateka n’umwuka bihurira, hihishe imwe muri Bibiliya za kera kandi...

Read moreDetails

Sarah Yabaye Umugore wa Mbere ugeze mu Buyobozi Bukuru bw’Itorero Angilikani, Handikwa Amateka Mashya y’Iri Torero

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Sarah Yabaye Umugore wa Mbere ugeze mu Buyobozi Bukuru bw’Itorero Angilikani, Handikwa Amateka Mashya y’Iri Torero

Sarah Yabaye Umugore wa Mbere ugeze mu Buyobozi Bukuru bw’Itorero Angilikani, Handikwa Amateka Mashya y’Iri Torero Ku nshuro idasanzwe mu mateka maremare y’Itorero Angilikani ryo mu Bwongereza (Church...

Read moreDetails

Kiliziya Gatolika Yahakanye Ibyo Gucuruza Ukarisitiya, Isobanura Inkomoko y’Amashusho Yakwirakwiye ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Kiliziya Gatolika Yahakanye Ibyo Gucuruza Ukarisitiya, Isobanura Inkomoko y’Amashusho Yakwirakwiye ku Mbuga Nkoranyambaga

Kiliziya Gatolika Yahakanye Ibyo Gucuruza Ukarisitiya, Isobanura Inkomoko y’Amashusho Yakwirakwiye ku Mbuga Nkoranyambaga Ubuyobozi bwa Arikidiyosezi Gatolika ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwamaganye bwivuye inyuma...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC Nyuma yo gusoma isengesho rya Angélus ku Cyumweru, Papa Léon XIV yahamagariye amahanga yose gusengera...

Read moreDetails

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu Olive Lembe Kabila, umugore wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC),...

Read moreDetails
Next Post
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?