Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Nta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibye AFC,”n’ibyatangajwe nyuma y’uko M23 yarimaze kwakira abasirikare bitandukanije na leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu banyekongo ukoresha urubuga rwa X, Victor Tesongo, ya kanguriye uruby’iruko rw’Abanyekongo kuyoboka i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rya shinzwe na Corneille Nangaa.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Nk’uko ya bivuze yagaragaje ko ntarindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibya Alliance Fleuve Congo.

Ubwo Corneille Nangaa, yatangazaga bwa mbere i shyaka rya Alliance Fleuve Congo, yavuze ko rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa ko kandi rifatanije na M23.

Victor Tosongo, akoresheje urubuga rwa X,
yagize ati: “Nta munyekongo uhangayikishijwe n’ejo hazaza ha Congo, wakwizera ibirimo gutangazwa na CENI, aba n’ibikoresho by’i Shyaka riri k’ubutegetsi.”

“Inzira umunyekongo asigaranye yo kugera ku mahoro arambye n’i mwe rukumbi, ni ukuyoboka AFC.”

Uy’u munyekongo yanagaragaje ko hari abamaze kuyoboka i shyaka rya Alliance Fleuve Congo.

Yagize ati: “Ndashaka gushimira uruby’iruko ibihumbi n’ibihumbi bamaze kuyoboka Alliance Fleuve Congo. AFC niho dutegereje icyizere cy’ejo hazaza h’igihugu cyacu.”

Ibi bibaye mugihe hari abasirikare ba FARDC bamaze kwitandukanya na leta ya Kinshasa.

Amakuru yizewe yatanzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yavuze ko Colonel Biyoyo, yamaze kwitandukanya n’igisirikare ca RDC.

Major Willy Ngoma, yagize ati: “Habaye impinduka abasirikare ba FARDC bafitiye igihugu ishaka bari kw’itandukanya na leta ya Kinshasa.”

Yunzemo kandi ati: “Colonel Biyoyo, kuva igihe c’isaha zirindwi yari yamaze kugera i Rutsuru.”

Colonel Biyoyo, yahoraga mu Ngabo za RDC, akaba yakoreraga mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uy’u musirikare avuka m’u Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Byatangajwe n'u munyekongoNta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo usibye AFC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu ca Uganda yaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?