• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Nta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibye AFC,”n’ibyatangajwe nyuma y’uko M23 yarimaze kwakira abasirikare bitandukanije na leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu banyekongo ukoresha urubuga rwa X, Victor Tesongo, ya kanguriye uruby’iruko rw’Abanyekongo kuyoboka i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rya shinzwe na Corneille Nangaa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nk’uko ya bivuze yagaragaje ko ntarindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibya Alliance Fleuve Congo.

Ubwo Corneille Nangaa, yatangazaga bwa mbere i shyaka rya Alliance Fleuve Congo, yavuze ko rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa ko kandi rifatanije na M23.

Victor Tosongo, akoresheje urubuga rwa X,
yagize ati: “Nta munyekongo uhangayikishijwe n’ejo hazaza ha Congo, wakwizera ibirimo gutangazwa na CENI, aba n’ibikoresho by’i Shyaka riri k’ubutegetsi.”

“Inzira umunyekongo asigaranye yo kugera ku mahoro arambye n’i mwe rukumbi, ni ukuyoboka AFC.”

Uy’u munyekongo yanagaragaje ko hari abamaze kuyoboka i shyaka rya Alliance Fleuve Congo.

Yagize ati: “Ndashaka gushimira uruby’iruko ibihumbi n’ibihumbi bamaze kuyoboka Alliance Fleuve Congo. AFC niho dutegereje icyizere cy’ejo hazaza h’igihugu cyacu.”

Ibi bibaye mugihe hari abasirikare ba FARDC bamaze kwitandukanya na leta ya Kinshasa.

Amakuru yizewe yatanzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yavuze ko Colonel Biyoyo, yamaze kwitandukanya n’igisirikare ca RDC.

Major Willy Ngoma, yagize ati: “Habaye impinduka abasirikare ba FARDC bafitiye igihugu ishaka bari kw’itandukanya na leta ya Kinshasa.”

Yunzemo kandi ati: “Colonel Biyoyo, kuva igihe c’isaha zirindwi yari yamaze kugera i Rutsuru.”

Colonel Biyoyo, yahoraga mu Ngabo za RDC, akaba yakoreraga mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uy’u musirikare avuka m’u Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Byatangajwe n'u munyekongoNta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo usibye AFC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu ca Uganda yaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?