• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, January 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Nta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibye AFC,”n’ibyatangajwe nyuma y’uko M23 yarimaze kwakira abasirikare bitandukanije na leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu banyekongo ukoresha urubuga rwa X, Victor Tesongo, ya kanguriye uruby’iruko rw’Abanyekongo kuyoboka i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rya shinzwe na Corneille Nangaa.

You might also like

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

Nk’uko ya bivuze yagaragaje ko ntarindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibya Alliance Fleuve Congo.

Ubwo Corneille Nangaa, yatangazaga bwa mbere i shyaka rya Alliance Fleuve Congo, yavuze ko rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa ko kandi rifatanije na M23.

Victor Tosongo, akoresheje urubuga rwa X,
yagize ati: “Nta munyekongo uhangayikishijwe n’ejo hazaza ha Congo, wakwizera ibirimo gutangazwa na CENI, aba n’ibikoresho by’i Shyaka riri k’ubutegetsi.”

“Inzira umunyekongo asigaranye yo kugera ku mahoro arambye n’i mwe rukumbi, ni ukuyoboka AFC.”

Uy’u munyekongo yanagaragaje ko hari abamaze kuyoboka i shyaka rya Alliance Fleuve Congo.

Yagize ati: “Ndashaka gushimira uruby’iruko ibihumbi n’ibihumbi bamaze kuyoboka Alliance Fleuve Congo. AFC niho dutegereje icyizere cy’ejo hazaza h’igihugu cyacu.”

Ibi bibaye mugihe hari abasirikare ba FARDC bamaze kwitandukanya na leta ya Kinshasa.

Amakuru yizewe yatanzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yavuze ko Colonel Biyoyo, yamaze kwitandukanya n’igisirikare ca RDC.

Major Willy Ngoma, yagize ati: “Habaye impinduka abasirikare ba FARDC bafitiye igihugu ishaka bari kw’itandukanya na leta ya Kinshasa.”

Yunzemo kandi ati: “Colonel Biyoyo, kuva igihe c’isaha zirindwi yari yamaze kugera i Rutsuru.”

Colonel Biyoyo, yahoraga mu Ngabo za RDC, akaba yakoreraga mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uy’u musirikare avuka m’u Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Byatangajwe n'u munyekongoNta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo usibye AFC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara Ibibazo bya Zaïre byongeye kwigaragaza mu Karere k’Ibiyaga Bigari, noneho bigaragarira i Bujumbura, aho u Burundi busa n’uburi gusubiramo...

Read moreDetails

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ku mugaragaro urutonde rw’amabuye y’agaciro iteganya gucukurwa no gutunganywa n’abashoramari b’Abanyamerika, mu rwego rwo...

Read moreDetails

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Ese wari uzi ko Afurika yatanze intwari zidasanzwe zagize uruhare rukomeye mu Ntambara ya Kabiri y’Isi,...

Read moreDetails

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge Bobi Wine, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi akaba n’umukandida watsinzwe mu matora...

Read moreDetails

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibinyujije muri Komisiyo ishinzwe...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu ca Uganda yaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?