• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Nta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibye AFC,”n’ibyatangajwe nyuma y’uko M23 yarimaze kwakira abasirikare bitandukanije na leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu banyekongo ukoresha urubuga rwa X, Victor Tesongo, ya kanguriye uruby’iruko rw’Abanyekongo kuyoboka i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rya shinzwe na Corneille Nangaa.

You might also like

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Nk’uko ya bivuze yagaragaje ko ntarindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo, usibya Alliance Fleuve Congo.

Ubwo Corneille Nangaa, yatangazaga bwa mbere i shyaka rya Alliance Fleuve Congo, yavuze ko rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa ko kandi rifatanije na M23.

Victor Tosongo, akoresheje urubuga rwa X,
yagize ati: “Nta munyekongo uhangayikishijwe n’ejo hazaza ha Congo, wakwizera ibirimo gutangazwa na CENI, aba n’ibikoresho by’i Shyaka riri k’ubutegetsi.”

“Inzira umunyekongo asigaranye yo kugera ku mahoro arambye n’i mwe rukumbi, ni ukuyoboka AFC.”

Uy’u munyekongo yanagaragaje ko hari abamaze kuyoboka i shyaka rya Alliance Fleuve Congo.

Yagize ati: “Ndashaka gushimira uruby’iruko ibihumbi n’ibihumbi bamaze kuyoboka Alliance Fleuve Congo. AFC niho dutegereje icyizere cy’ejo hazaza h’igihugu cyacu.”

Ibi bibaye mugihe hari abasirikare ba FARDC bamaze kwitandukanya na leta ya Kinshasa.

Amakuru yizewe yatanzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yavuze ko Colonel Biyoyo, yamaze kwitandukanya n’igisirikare ca RDC.

Major Willy Ngoma, yagize ati: “Habaye impinduka abasirikare ba FARDC bafitiye igihugu ishaka bari kw’itandukanya na leta ya Kinshasa.”

Yunzemo kandi ati: “Colonel Biyoyo, kuva igihe c’isaha zirindwi yari yamaze kugera i Rutsuru.”

Colonel Biyoyo, yahoraga mu Ngabo za RDC, akaba yakoreraga mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uy’u musirikare avuka m’u Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Byatangajwe n'u munyekongoNta rindi shyaka ritegura ejo hazaza ha Congo usibye AFC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yakiriye intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,...

Read moreDetails

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi Tariki ya 01/05/2026, ubwo u Burundi bwizihizaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo, Perezida w’iki gihugu,...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu ca Uganda yaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?