• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Nubwo Tshisekedi ari we uri ku ngoma muri RDC ariko uwo abaturage batoye yamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in Conflict & Security
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nubwo Tshisekedi ari we uri ku ngoma muri RDC ariko uwo abaturage batoye yamenyekanye.

You might also like

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

Corneille Nangaa uyoboye ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu kwibira amajwi perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye mu mwaka wa 2018.

Nibyo Nangaa yagarutseho mu kiganiro yagiranye na YouTube Chanel ya Mario Nawfal, yavuze ko Tshisekedi uri ku butegetsi atigeze atorwa kuba umukuru w’iki gihugu kuva mu myaka irenga itandatu ishize, kandi ko ari kuroha RDC mu manga ikomeye.

Nangaa washyize aya makuru hanze, yabaye perezida wa komisiyo y’amatora izwi nka CENI muri RDC kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu 2021. Ni we watangaje ko Tshisekedi yatsinze amatora yo mu mwaka wa 2018 ku majwi 38,56%, akurikirwa na Martin Fayulu wagize 34,82%.

Muri iki kiganiro umunyamakuru yabajije Nangaa niba atari we wafashije Tshisekedi kuja k’u butegetsi, nawe asubiza ko kwibira amajwi Tshisekedi byagizwemo uruhare n’inzego zitandukanye za Leta ya Congo n’umuryango mpuzamahanga.

Uyu muyobozi mukuru wa AFC/M23 yasobanuye ko abari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye, Monusco, na bo babigizemo uruhare runini mu guha Tshisekedi intsinzi.

Yagize ati: “Barabyemeye bose, kandi bavuga ko ari bwo buryo bwiza. Ni yo mpamvu navuze ko atari njyewe. Ndetse na Monusco, yabigizemo uruhare runini.”

Ahishura ko Martin Fayulu ko ari we wari watsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu mwaka wa 2018. Na we ubwe, Martin Fayulu, aracyabihamya ko ari we watsinze amatora y’ico gihe. Ndetse hari ubwo yigeze gutangaza ko ari we perezida w’iki gihugu ngo nubwo Tshisekedi ari we uriho.

Tags: AmajwiAmatoraMartin FayuluNangaaTshisekedi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Amajyepfo Amakuru aturuka muri Kivu y'Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko imirwano yakomeye...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi Amakuru ubutasi bw'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bwashyize hanze, agaragaza ko...

Read moreDetails

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya Brigadier General Amuli Civiri ni we wagizwe umuyobozi mushya wa karere ka 33 ki ngabo za Repubulika ya...

Read moreDetails

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, binarangira umukomando wo...

Read moreDetails

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
AFC/M23/MRDP yagize icyo isezeranya ku mujyi wa Uvira

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo Umudamu uri mu kigero cy'imyaka 50 yishwe arashwe n'abo bikekwa ko ari wazalendo, akaba yariciwe i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails
Next Post
Inyeshyamba zanze gufasha u Burundi kurwanya M23 igisirikare cy’iki gihugu kizigejeje aharindimuka.

Inyeshyamba zanze gufasha u Burundi kurwanya M23 igisirikare cy'iki gihugu kizigejeje aharindimuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?