• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Nubwo Tshisekedi ari we uri ku ngoma muri RDC ariko uwo abaturage batoye yamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in Conflict & Security
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nubwo Tshisekedi ari we uri ku ngoma muri RDC ariko uwo abaturage batoye yamenyekanye.

You might also like

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

Corneille Nangaa uyoboye ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu kwibira amajwi perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye mu mwaka wa 2018.

Nibyo Nangaa yagarutseho mu kiganiro yagiranye na YouTube Chanel ya Mario Nawfal, yavuze ko Tshisekedi uri ku butegetsi atigeze atorwa kuba umukuru w’iki gihugu kuva mu myaka irenga itandatu ishize, kandi ko ari kuroha RDC mu manga ikomeye.

Nangaa washyize aya makuru hanze, yabaye perezida wa komisiyo y’amatora izwi nka CENI muri RDC kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu 2021. Ni we watangaje ko Tshisekedi yatsinze amatora yo mu mwaka wa 2018 ku majwi 38,56%, akurikirwa na Martin Fayulu wagize 34,82%.

Muri iki kiganiro umunyamakuru yabajije Nangaa niba atari we wafashije Tshisekedi kuja k’u butegetsi, nawe asubiza ko kwibira amajwi Tshisekedi byagizwemo uruhare n’inzego zitandukanye za Leta ya Congo n’umuryango mpuzamahanga.

Uyu muyobozi mukuru wa AFC/M23 yasobanuye ko abari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye, Monusco, na bo babigizemo uruhare runini mu guha Tshisekedi intsinzi.

Yagize ati: “Barabyemeye bose, kandi bavuga ko ari bwo buryo bwiza. Ni yo mpamvu navuze ko atari njyewe. Ndetse na Monusco, yabigizemo uruhare runini.”

Ahishura ko Martin Fayulu ko ari we wari watsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu mwaka wa 2018. Na we ubwe, Martin Fayulu, aracyabihamya ko ari we watsinze amatora y’ico gihe. Ndetse hari ubwo yigeze gutangaza ko ari we perezida w’iki gihugu ngo nubwo Tshisekedi ari we uriho.

Tags: AmajwiAmatoraMartin FayuluNangaaTshisekedi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo Uwiyita General Hamuri Yakutumba akaba anakuriye Wazalendo muri Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko muri iki gice batagishakamo Brigadier...

Read moreDetails

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 06/09/2025, i Uvira mu mujyi...

Read moreDetails

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails
Next Post
Inyeshyamba zanze gufasha u Burundi kurwanya M23 igisirikare cy’iki gihugu kizigejeje aharindimuka.

Inyeshyamba zanze gufasha u Burundi kurwanya M23 igisirikare cy'iki gihugu kizigejeje aharindimuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?