• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Nyuma ya Nyamara Ingabo z’u Burundi zashyinze ibindi birindiro mu kandi gace

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 11, 2025
in Conflict & Security
0
Nyuma ya Nyamara Ingabo z’u Burundi zashyinze ibindi birindiro mu kandi gace
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma ya Nyamara Ingabo z’u Burundi zashyize ibindi birindiro mu kandi gace

You might also like

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

Ingabo z’u Burundi ziri mu misozi miremire y’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ku bw’amasezerano y’u Burundi na RDC, nyuma y’aho mu mpera zakiriya cyumweru gishize zashyinze ibirindiro mu gace ka Nyamara, zongeye gushyinga ibindi mu Mikarati.

Utu duce twombi duherereye mu gice cyo mu Cyohagati, aha akaba ari mu misozi y’i Mulenge mu birometero nka 30 uvuye muri centre ya Minembwe ifatwa nk’umurwa mukuru wa karere k’i Mulenge..

Amakuru ava muri ibyo bice ahamya ko abasirikare b’u Burundi bakabakaba 200 bashyize ikambi muri Mikarati.

Ni amakuru anagaragaza kandi ko iyi kambi bariya basirikare b’u Burundi bayubatse ku karambi k’isoko ry’iposho rizwi cyane nk’iryo kwa Chef Ntayoberwa.

Mu busanzwe iki gice cyo mu Cyohagati ntigituwe, kuko ibitero bya Mai Mai, FARDC na FDLR byo hagati mu myaka yo muri 2017, 2019 na 2022 byasize bisenye imihana y’Abanyamulenge yaricyubatsemo, irimo uwa Mikarati, Gitashya 1 n’iya 2, Kabara 1 n’iya 2, Nyamara, Kundahangwa n’indi.

Nubwo aba basirikare b’u Burundi bakomeje ku kijagata icyo mu Cyohagati, ariko ntigituwe. Ni mu gihe no mu ntangiriro zakiriya cyumweru nabwo bashyize ibindi birindiro mu Kigazura no mu nkengero zayo, n’aho haherereye muri iki cyo mu Cyohagati.

Bakomeje kwegereza ibirindiro byabo za Mikenke igenzurwa n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, mu gihe aba basirikare b’u Burundi basenye ibyari mu Gahuna ku Ndondo ya Bijombo.

Ibi byari mu Gahuna bikaba byari byarubatswemo indake zidasanzwe, aho amashusho azigaragaza zicyukuwe mu myobo miremire, kandi ari nyinshi.

Tags: IbirindiroIngabo zu BurundiMikaratiNyamara
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n'indi iyishamikiyeho ihurikiye mu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails

Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Igihugu cy'igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR Igihugu cy'igihangange ku isi ari cyo Leta Zunze ubumwe z'Amerika cyavuze ku cyemezo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n'igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP Umujyi wa Kamituga uherereye muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ukaba umaze iminsi...

Read moreDetails
Next Post
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?