• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’iminsi ibiri gusa Tshisekedi atangaje ko mu gihe M23 ya kwibesha igafata agace gato ko yahita atera igihugu c’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu, M23 yafashe Lacalite zine.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023. N’imirwano bya vuzwe ko iri guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Abacanshuro na Wazalendo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nk’uko bya vuzwe iriya mirwano y’ubuye igihe c’isaha za saakumi na zibiri z’urukerera. Ikaba y’uburiye mu bice byo muri Localite ya Lupfunda na Busumba, muri Grupema ya Bashali, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’imirwano bivugwa ko yari ikaze aho ndetse umutwe w’inyeshamba wa M23, wongeye kwigarurira biriya bice bya Lupfunda na Busumba.

Nyuma ya Lupfunda na Busumba, iriya mirwano yakomereje mu nkengero za Rubaya ahazwi, ubutunzi bwinshi bw’amabuye y’Agaciro. Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha abaturage baturiye ibyo bice, baduhamirije ko umutwe wa M23 wa mbuye ihuriro ry’Ingabo za RDC, uduce twa Kinduzi na Gatama, duherereye muri Grupema ya Matanda.

Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe impande zirwana zari zasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri(2).

Gusa abaturiye ibyo bice bahamya ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, arizo zashotoye umutwe wa M23 kuva k’umugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 21/12/2023, aho bivugwa ko habaye gukozanyaho buke.

Iy’i mirwano kandi ibaye mugihe muri RDC hari Amatora y’umukuru w’igihugu ndetse nay’abadepite muri rusange.

Perezida Félix Tshisekedi, aheruka gutangaza ko mu gihe umutwe wa M23 wo kwibesha ugafata akandi gace gato ko muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo cyangwa bakarasa isasu rimwe i Goma, koyahita arasa i Kigali k’u murwa Mukuru w’igihugu c’u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: M23MatandaMuri masksRubaya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, arashinja ihuriro ry'Ingabo za RDC , kubagabaho ibitero mu gihe bari mu masezerano ya gahenge(Cease-fira).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?