• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, January 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’iminsi ibiri gusa Tshisekedi atangaje ko mu gihe M23 ya kwibesha igafata agace gato ko yahita atera igihugu c’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu, M23 yafashe Lacalite zine.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023. N’imirwano bya vuzwe ko iri guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Abacanshuro na Wazalendo.

You might also like

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

Nk’uko bya vuzwe iriya mirwano y’ubuye igihe c’isaha za saakumi na zibiri z’urukerera. Ikaba y’uburiye mu bice byo muri Localite ya Lupfunda na Busumba, muri Grupema ya Bashali, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’imirwano bivugwa ko yari ikaze aho ndetse umutwe w’inyeshamba wa M23, wongeye kwigarurira biriya bice bya Lupfunda na Busumba.

Nyuma ya Lupfunda na Busumba, iriya mirwano yakomereje mu nkengero za Rubaya ahazwi, ubutunzi bwinshi bw’amabuye y’Agaciro. Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha abaturage baturiye ibyo bice, baduhamirije ko umutwe wa M23 wa mbuye ihuriro ry’Ingabo za RDC, uduce twa Kinduzi na Gatama, duherereye muri Grupema ya Matanda.

Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe impande zirwana zari zasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri(2).

Gusa abaturiye ibyo bice bahamya ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, arizo zashotoye umutwe wa M23 kuva k’umugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 21/12/2023, aho bivugwa ko habaye gukozanyaho buke.

Iy’i mirwano kandi ibaye mugihe muri RDC hari Amatora y’umukuru w’igihugu ndetse nay’abadepite muri rusange.

Perezida Félix Tshisekedi, aheruka gutangaza ko mu gihe umutwe wa M23 wo kwibesha ugafata akandi gace gato ko muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo cyangwa bakarasa isasu rimwe i Goma, koyahita arasa i Kigali k’u murwa Mukuru w’igihugu c’u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: M23MatandaMuri masksRubaya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ku mugaragaro urutonde rw’amabuye y’agaciro iteganya gucukurwa no gutunganywa n’abashoramari b’Abanyamerika, mu rwego rwo...

Read moreDetails

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Ese wari uzi ko Afurika yatanze intwari zidasanzwe zagize uruhare rukomeye mu Ntambara ya Kabiri y’Isi,...

Read moreDetails

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge Bobi Wine, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi akaba n’umukandida watsinzwe mu matora...

Read moreDetails

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika Igiye Kwiga ku Mahoro Arambye Hagati ya RDC n’u Rwanda Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibinyujije muri Komisiyo ishinzwe...

Read moreDetails

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine Mu magambo akakaye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko, ku bwe, Bobi...

Read moreDetails
Next Post

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, arashinja ihuriro ry'Ingabo za RDC , kubagabaho ibitero mu gihe bari mu masezerano ya gahenge(Cease-fira).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?