• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma y’iminsi itatu Twirwaneho ishinze itangazo hanze ryamagana Genocide iri mu Minembwe Gen Andre Oketi Ohenzo yahinduye ibyo yari yategetse

minebwenews by minebwenews
October 9, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage b’irwanaho bo mu misozi miremire y’Imulenge (High Land Of Mulenge) muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, baheruka gushira urwandiko hanze rw’impuruza k’ubwicanyi ndenga kamere buri gukorerwa Abanyamulenge.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ni urwandiko ruriho umukono rw’umuvugizi wa Twirwaneho, bwana Kamasa Ndakize. Urwo rwandiko rwanditswe m’ururimi rwigifaransa, ugenekereje mukinyamulenge rugira ruti: “General Andre Oketi uyoboye brigade ya 12 y’ubutabazi bw’ihuse ikorera mu Mininembwe niwe watanze itegeko ribuza indege kw’itura mu Minemwe, kuri ubu nta Soko nta Butike zemerewe gufungura ibyo byose byagenze uko yabitegetse avuga ko bizongera gufungura mugihe ubwiwe azongera agatanga itegeko bigafungura.”

“Ibyo gufunga ikirere ca Minemwe bifashwe nk’igikorwa cokwica abaturage bose baturiye Minembwe kuko inzira imwe baribasigaranye yoguhaha n’ikirere bakoresheje Indege.”

“Umuhanda uhuza Uvira-Fizi na Minembwe wafunzwe na za Mai Mai kuva mu mwaka w’ 2020 kugeza uyumunsi nta muntu wo mubwoko bw’Abanyamulenge ushobora kunyura uwo Muhanda.”

“General Andre yabwiye abo mubwoko bw’Abashi basanzwe bakorera u Bucuruzi mu Minembwe y’uko bava mu Minembwe bagataha kugirango batazagirwaho ingaruka z’ibyo igisirikare ca FARDC kirigutegura gukorera ubwoko bw’Abanyamulenge.”

“Minembwe niho hantu hahungiye abantu benshi bavuye muri teritware ya Uvira na Mwenga bahunze ibitero bya Mai Mai, Red Tabara. N’ibitero byakozwe n’izi Nyeshamba zishigikiwe n’igisirikare ca FARDC aho batwitse i Mihana y’Abanyamulenge ibarigwa mu bihumbi babikoze FARDC irebera.

“Igikorwa cokwicisha Abanyamulenge i Nzara n’igikorwa barimo gushira mubikorwa mugihe n’ubundi imirima y’abaturage bo mu Minembwe yasahuwe n’ingabo za RDC zomuri brigade ya 12 ikorera mu Minembwe.”

“Kwambika abana imbunda ndetse nogukura abana mu Mihana barangiza bakabita ba Twirwaneho n’ico cabanjirije ibyo byose nyuma haje nokwicwa abahungu babiri, ba Banyamulenge harimo uwitwa Nduwayo Ndege na Muhumure aba bahungu bombi bishwe barashwe Amasasu barasirwa hafi n’i Kambi z’igisirikare ca Republika ya Demokorasi ya Congo ( Fardc) mugace k’i Lundu murwego rwogusimbanganya ibyo birego nibwo Fardc yaje kubesha ko harabasirikare babo babuze ikabagereka kuri Twirwaneho hakurikiyeho igikorwa co kugenda barasa Amasasu mu Mihana y’abaturage bitera abaturage guhunga, aharero niho FARDC yaboneyeho kunyaga no kwiba iby’abaturage.”

“Ibi bikorwa byose FARDC iri kubikora murwego rwokujijisha no kwambika Twirwaneho ibyo itakoze kugirango ibone uko isoza igikorwa yatangiye ca Genocide igize igihe kingana n’imyaka 7 ikorerwa abo mubwoko bw’Abanyamulenge.”

“Iki cicaro ca Fardc mu Minembwe nibimwe mubyahagaritse inkunga yakagenewe Abanyamulenge bagizweho ingaruka n’intambara zigize imyaka 7.”

“Mukurangiza Twigwaneho yasabyeko iryo fungwa ry’ikirere ndetse n’imihanda ya Uvira-Fizi na Minembwe byafungurwa ama butike ndetse n’isoko rinini riremera ku Kiziba kumunsi wa Gatanu (5) ko ryakongera rikarema nkibisanzwe .”

“Ko Kandi FARDC yahagarika igikorwa cokurasa mubaturage bikarangira bibye iby’abaturage.”

“Twirwaneho izitanga imbere y’umugambi wose uganisha kuri Genocide ikorerwa Abaturage bo m’ubwoko bw’Anyamulenge ndetse n’abandi bose.”

Nyuma y’iminsi itatu Twirwaneho ishinze iri tangazo hanze ry’impuruza kuri iki Cyumweru, Gen Andre Oketi Ohenzo yasengeye ku Runundu, mw’itorero rya 8’e CEPAC akaba yarababwiye ko imyanzuro yose yari yarafashe yo gufungira abaturage ko abikuyeho.

Ati: “Gufunga Amaduka muri Centre ya Minembwe bikuweho. Abacuruzi bagende bafungure guhera none kumugoroba wo ku Cyumweru. I Soko ya Gatanu igende itangire ibikorwa byayo , tunayifunguye k’umugaragaro. inzira yo kwa Mulima turahanguye abacuruzi bayi nyuremo yewe ndanongeye bagende bayinyuremo.”

Gen Andre Oketi, yunzemo kandi ati: “Basaza ba Banyamulenge mwigishe Abana banyu Discipline kandi mwigishe Twirwaneho.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 09/10/2023.

Tags: Gen Andre Oketi Ohenzo yahinduye ibyo yari yategetseNyuma yuko Twirwaneho ishize itangazo hanze ryamagana Genocide iri gukorerwa Abanyamulenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa Kinshasa, Patrick Muyaya, yasabye uruby'iruko rw'Abanyekongo kw'iyunga na Wazalendo ngo kuko bari gukora ibyiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?