• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 12, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 16, 2025
in Regional Politics
0
Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

You might also like

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri Congo, akaba n’umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yizeye ko kugera ku mahoro arambye bishobora muri RDC, nk’uko yabitangaje.

Yabitangaje nyuma y’aho agereye i Goma mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC, tariki ya 12/06/2025. Rwari uruzinduko yahagiriye rugamije kumenya uko umutekano wifashe mu bice bigenzurwa n’ihuriro rya AFC ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Biteganyijwe ko ibyo Bintou Keita yaboneye i Goma azabigeza mu kanama ka Loni gashyizwe amahoro ku Isi mu nama yako izaba ku itariki ya 27/06/2025.

Muri uru ruzinduko kandi Bintou Keita yaganiriye n’abarimo umuyobozi w’ingabo z’umuryango wa Afrika y’Amajyepfo ziri mu mujyi wa Goma, Maj.Gen. Monwabisi Dyakopu, ndetse n’abasirikare bari mu butumwa bwa Loni.

Nyuma rero y’uru ruzinduko rw’iminsi itatu yagiriye muri iki gice cya Goma, ubwo yaganiraga n’itangazamakuru yagize ati: “Kajugujugu yanzanye yaguye ku kigo cya MONUSCO. Kugwa kwayo byakuruye amarangamutima menshi muri njye. Mu biganiro nagiranye n’abo twahuye n’umvise icyizere. Nizeye ko ibiganiro by’amahoro bikomeje bizatanga umusaruro ufatika.”

Kugera kwa Bintou Keita i Goma ni ubwa mbere kuva umutwe wa M23 wafata uyu mujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025. Nyamara n’ubwo kuhagera kwe bitanga icyizere, ariko mu busanzwe iri huriro rya AFC/M23 ryahoraga rimushinja kubogamira ku ruhande rwa Leta ya perezida Felix Tshisekedi iyo rihanganye naryo.

Tags: AFC/m23Bintou KeitaGomaIcyo yizeyeMonusco
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC. Umuryango wa OCHA ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi, watangaje ko Abanye-Congo miliyoni zitatu bari baravuye mu byabo imbere mu gihugu...

Read moreDetails

RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

RDC n'u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya mbere y'u Rwego rw'umutekano ibihugu byombi bihuriyeho....

Read moreDetails

Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Ndayishimiye w'u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimiye abasirikare b'igihugu cye bagiye mu ntambara muri Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi. Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho guverinoma nshya aho yagarutsemo benshi mubari bagize icyuye...

Read moreDetails

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC. Minisitiri w'intebe wungirije w'u Bubiligi akaba na minisitiri w'ubanye n'amahanga w'icyo gihugu, yavuze ko umutwe wa M23 urwanya...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?