• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma yuko Abanyamulenge babiri bo mumuryango umwe bashimuswe ku Bwegera, FARDC yariyitezwemo Ubufasha birangiye ihebuje abaturage ko bidakunda.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugihe byari byitezwe ko ingabo za FARDC z’ikorera mubice bya Bwegera homuri Plaine zitanga Ubufasha kub’Anyamulenge babiri baraye bashimuswe byabaye ndanze.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 29/06/2023, Saa 7:00Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mwijoro ryakeye ryo kw’itariki 28/06/2023, Abanyamulenge babiri bo mumuryango umwe baraye bashimuswe n’inyeshamba zomumutwe wa Mai Mai.

Iki gikorwa cyabereye muri Karitye ya Nyakabaraza ho Kubwegera muri Plaine Dela Ruzizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bikaba byarabaye ahagana mumasambili zijoro nkuko bivugwa na bamwe baturiye aka gace ka Bwegera. Aba turage baturiye aka gace ba bwiye Minembwe Capital News, ko Mai Mai ubwo yazaga yabanjye kurasa amasasu atari menshi maze birangira binjiye munzu bashimuta Serugo na Mushikiwe.

Nyuma abaturage batabaje ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), z’ikorera mubice byo Kubwegera iz’ingabo zihageze zanze gukurikira abo bagizi banabi bashimuse Serugo na Mushikiwe. Hubwo ingabo za FARDC zasabye ko hoba gushakisha inimero za telephone zabo bagizi banabi.

Nkuko bakomeje babwira Minembwe Capital News, nuko nanone kandi abaturage bongeye kwiyambaza Soseyete Sivile yomuri ako gace nayo birangira itagize ico ivuga hubwo nayo igasaba ko haba gushakisha inimero za telephone zabashimuse Abanyamulenge babiri.

Gusa Amakuru yizewe Minembwe Capital News, Imaze kwakira nuko muriki gitondo cyanone cyo kuwakane Abanyamulenge baturiye aka gace ka Bwegera bahamagaranye kugira bakore icicaro maze bige ico baribukore nyuma yuko babuze Ubufasha mungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo FARDC no muri Soseyete Sivile.

Abanyamulenge muri RDC, bakomeje kugaragariza leta ya Kinshasa na amahanga kuva mbere kose ko bicwa, bashimutwa banyagwa Ibyabo ariko ibi byose leta ya Kinshasa ndetse n’Amahanga bakomeje kuvunira ibiti mumatwi.

Umuryango wa Mahoro Peace Association iyobowe na Adele Kibasumba, bamaganye iki gikorwa bakoresheje Urubuga rwa Twitter maze basaba ko FARDC na Monusco batanga ubutabazi.

Bagize bati: “Amakuru tumaze guhabwa ava ku Bwegera, nuko abasore babiri ba Banyamulenge SERUGO na mushiki we Denise bashimuswe naba reserviste / Mai Mai bajyanwa bugwate ahantu hatazwi. Turasaba Monusco na FARDC gutabara izo nzirakarengane.”

Tags: Abanyamulenge babiri ba shimusweBwegeraFardcMonusco
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Ukraine War : Kyiv in it's countdown to the end of Putin according to some officials.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?