• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma yuko Abanyamulenge babiri bo mumuryango umwe bashimuswe ku Bwegera, FARDC yariyitezwemo Ubufasha birangiye ihebuje abaturage ko bidakunda.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugihe byari byitezwe ko ingabo za FARDC z’ikorera mubice bya Bwegera homuri Plaine zitanga Ubufasha kub’Anyamulenge babiri baraye bashimuswe byabaye ndanze.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 29/06/2023, Saa 7:00Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mwijoro ryakeye ryo kw’itariki 28/06/2023, Abanyamulenge babiri bo mumuryango umwe baraye bashimuswe n’inyeshamba zomumutwe wa Mai Mai.

Iki gikorwa cyabereye muri Karitye ya Nyakabaraza ho Kubwegera muri Plaine Dela Ruzizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bikaba byarabaye ahagana mumasambili zijoro nkuko bivugwa na bamwe baturiye aka gace ka Bwegera. Aba turage baturiye aka gace ba bwiye Minembwe Capital News, ko Mai Mai ubwo yazaga yabanjye kurasa amasasu atari menshi maze birangira binjiye munzu bashimuta Serugo na Mushikiwe.

Nyuma abaturage batabaje ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), z’ikorera mubice byo Kubwegera iz’ingabo zihageze zanze gukurikira abo bagizi banabi bashimuse Serugo na Mushikiwe. Hubwo ingabo za FARDC zasabye ko hoba gushakisha inimero za telephone zabo bagizi banabi.

Nkuko bakomeje babwira Minembwe Capital News, nuko nanone kandi abaturage bongeye kwiyambaza Soseyete Sivile yomuri ako gace nayo birangira itagize ico ivuga hubwo nayo igasaba ko haba gushakisha inimero za telephone zabashimuse Abanyamulenge babiri.

Gusa Amakuru yizewe Minembwe Capital News, Imaze kwakira nuko muriki gitondo cyanone cyo kuwakane Abanyamulenge baturiye aka gace ka Bwegera bahamagaranye kugira bakore icicaro maze bige ico baribukore nyuma yuko babuze Ubufasha mungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo FARDC no muri Soseyete Sivile.

Abanyamulenge muri RDC, bakomeje kugaragariza leta ya Kinshasa na amahanga kuva mbere kose ko bicwa, bashimutwa banyagwa Ibyabo ariko ibi byose leta ya Kinshasa ndetse n’Amahanga bakomeje kuvunira ibiti mumatwi.

Umuryango wa Mahoro Peace Association iyobowe na Adele Kibasumba, bamaganye iki gikorwa bakoresheje Urubuga rwa Twitter maze basaba ko FARDC na Monusco batanga ubutabazi.

Bagize bati: “Amakuru tumaze guhabwa ava ku Bwegera, nuko abasore babiri ba Banyamulenge SERUGO na mushiki we Denise bashimuswe naba reserviste / Mai Mai bajyanwa bugwate ahantu hatazwi. Turasaba Monusco na FARDC gutabara izo nzirakarengane.”

Tags: Abanyamulenge babiri ba shimusweBwegeraFardcMonusco
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

Ukraine War : Kyiv in it's countdown to the end of Putin according to some officials.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?