• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho u Mujyi wa Sake wamaze kuja mu maboko y’ingabo za General Sultan Makenga (M23).

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha zakumi z’igicamunsi cyo kuri uy’u wa Kabiri, itariki ya 13/02/2024, ku masaha ya Minembwe na Goma, n’ibwo M23 yafashe Centre nyirizina ya Sake, ibarizwa muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwano yo gufata Sake, yahereye kuva k’u munsi w’ejo hashize, ku wa Mbere, aho habaye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bikavugwa ko urwo rugamba ko rwa komeje kubera mu nkengero z’iyi centre iri mu ntera y’ibirometre 27 na Goma, ndetse bivugwa ko M23 yafashe ibice bimwe bya Sake harimo udusozi twu namiye Centre nyirizina.

Iy’i mirwano yaje kongera kuramukira mu nkengero za Sake, kuri uyu wa Kabiri, arinayo birangiye Sake ifashwe n’ingabo za General Sultan Makenga, nk’uko byemezwa n’itangazo M23 imaze gushira hanze kuri uyu mugoroba

Ni itangazo ririho umukono w’u muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka.

Muri iryo tangazo rihamagarira abaturage baturiye Sake gutuza no gutekana. Rikomeza rimenyesha abaturage ko M23 ije kubarinda ko kandi ikomeje kwirukana ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abo ivuga ko bica abasivile harimo abagore n’abagabo ndetse n’abana.

Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake abaturage bamwe babyishimiye maze batangira gutanga ubutumwa ku nshuti zabo bakoresheje za audio, bahamagarira Abanye-kongo by’umwihariko abahunze Sake, ko basabwa kongera kugaruka. Izi audio zira nemeza neza ko M23 kuri ubu igenzura u Mujyi wa Sake.

Ubu tumwa bugira buti: “Ubu ntanga iy’i audio M23 niyo igenzura u Mujyi wa Sake, bayigezemo isaha ya saa munani z’i gicamunsi. Centre yose irimo M23.”

Bukomeza bugira buti: “Abaturage mwese mwahunze mugana mu Gunga, ndabahamagarira kugaruka muze tuyoboke M23.”

Centre ya Sake izwi nka hantu hingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ikaba ifashwe mu gihe yarimo ingabo ka buhariwe, iza SADC, FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo, n’Ingabo z’u Burundi na FDLR.

Ibi bituma abasenguzi benshi bemeze ko nta kabuza n’u Mujyi wa Goma ko waba ugiye gufatwa mu gihe kitari kirekire. Dore ko binavugwa ko M23 yamaze gufata Sake ihuta ikomeza ija Mubambiro, ibice bigana Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Abaturage ba hamagariwe gutuzaM23Sake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Mujyi wa Goma, wisanze watandukanijwe n’ibindi bice byose bigize Kivu Yaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, kubera.

U Mujyi wa Goma, wisanze watandukanijwe n'ibindi bice byose bigize Kivu Yaruguru na Kivu y'Amajy'epfo, kubera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?