Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko perezida w’u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 23, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’uko perezida w’u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, baganiriye ku bibazo by’u garije akarere, harimo n’u mutekano muke w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni ibiganiro kandi bya nitabiriwe n’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), Pater Mathuki. Aba bayobozi bunguranye ibitekerezo ku kamaro ko gukemura impamvu shingiro z’u mutekano muke mu bihugu bigize uy’u muryango.

Ibi biganiro kandi byagarutse no kundangagaciro z’u bunyamuryango no kubazwa inshingano mu mikorere y’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba.

Ibiganiro bya huje perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Salva Kiir, bya baye kuri uyu wa Kane, tariki ya 22/02/2024, hari igihe c’isaha z’umugoroba, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Ay’amakuru yemejwe n’itangazo perezidansi y’u Rwanda yashize hanze mu ijoro ryo k’uwa Kane, rishira kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 23/02/2024.

Ni itangazo rigira riti: “Muri uy’u mugoroba muri Urugwiro Village, perezida Kagame yagiranye i biganiro na Chairperson w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, n’itsinda rye ririmo Dr. Peter Mathuki, umunyamabanga mukuru wa EAC.”

Iryo tangazo ry’Urugwiro Village, rikomeza rivuga riti: “Baganiriye ku kamaro ko gushakira hamwe umuti w’intandaro by’u mutekano mucye mu karere, ndetse no gukomeza kubahiriza ihame ryo kwihuriza hamwe no kubazwa inshingano bigomba kwimakazwa mu muryango w’Afrika y’iburasirazuba.”

Biteganijwe ko kandi perezida Salva Kiir Mayardit nyuma yo kuganira na perezida w’u Rwanda, yerekeza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaza kubonana na perezida w’icyo gihugu Félix Tshisekedi Tshilombo, nk’uko uyu mukuru w’igihugu cya RDC yabitangaje ubwo yari mu kiganiro na banyamakuru i Kinshasa, kuri uyu wa Kane.

Tu bibutsa ko perezida Félix Tshisekedi wari usanzwe ari rimba intambara, kuri ubu bidasanzwe ya yobotse inzira ya mahoro, aho yivugiye wenyine ko yemeye kuyoboka inzira y’ibiganiro, ndetse ko ubu harimo inzira zirimo gukorwa n’umuryango wa EAC, ko kandi ategereje kwa kira Salva Kiir uyoboye uwo muryango, avuga ko amwakira avuye i Kigali, nyuma ngwa zakomereza n’i Burundi kuganira na perezida Evariste Ndayishimiye.

Nta kindi kirimo kugendererwa ni ugushakira akarere amahoro n’umutekano, ni mu gihe M23 yari maze gufata ibice byinshi kandi byingenzi, byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Ibi bice M23 ya byambuye ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’Ingabo zaje gufasha igisirikare cy’iki gihugu, nk’i zi Burundi, iza SADC, zirimo izavuye mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

               MCN.
Tags: Aganiriye na Salva KiirMukarere hitezwe amahoroNyuma y'uko perezida w'u Rwanda Paul Kagame
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa yamaganye itangazo mpimbano ryi yitirira uwo mutwe, rikomeje gukwirakwiza mu binyamakuru bitandukanye.

Umuvugizi wa yamaganye itangazo mpimbano ryi yitirira uwo mutwe, rikomeje gukwirakwiza mu binyamakuru bitandukanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?