Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Papa Francis yasabye imbabazi abakundana n’abo basangiye ibitsina nyuma y’uko yari yakoresheje ijambo ribabangamiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2024
in Religion
0
Papa Francis yasabye imbabazi abakundana n’abo basangiye ibitsina nyuma y’uko yari yakoresheje ijambo ribabangamiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa Francis yasabye imbabazi abakundana n’abo basangiye ibitsina nyuma y’uko yari yakoresheje ijambo ribabangamiye.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28/05/2024, nibwo umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi yasabye imbabazi mu buryo budasanzwe kubyari byatangajwe ko yakoresheje ijambo rityoza abakundana basangiye ibitsina.

Itangazo ryasohowe na Vatikano rivuga ko Papa Francis adashaka gukoresha amagambo atyoza abakundana basangiye n’abo bahuje ibitsina. Idyo tangazo rivuga ko yakoresheje ijambo ribabaza abakundana n’abo basangiye ibitsina kandi ko ryakoreshejwe mu bitangaza makuru.

Mu nama Papa Francis yagiranye n’abanyeshuri 250 mu Cyumweru gishize i vatikani; muri icyo kiganiro hari amakuru avuga ko yakoresheje ijambo rityoza abakundana n’abo basangiye ibitsina. Bikanavugwa ko yabivuze mu gihe yariko yerekana ko adashigikiye ko abakundana n’abo basangiye ibitsina baja mu mashuri abategura kuba abapadiri.

Ibinyamakuru bibiri byo mu gihugu cy’u Butaliyani byatangaje ko Papa Francis yakoresheje ijambo ry’ikinyoma rityoza abakundana n’abo basangiye ibitsina mu kuvuga ko abatari bake basanzwe bari mu masemineri.

Ibi kandi byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo ku Isi. Kandi nyuma yo kubitangaza biza kubabaza abakundana basangiye n’abo bahuje ibitsina, hamwe n’abakatolika bemera ibyabahuje ibitsina babisangiye. Gusa bamwe bo mu idini Gatolika basobanuye ko Papa Francis yarimo avuga ibyo atazi.

Ibiro bya Papa Francis by’i Vatikani byemeje ko Papa Francis yavuze ijambo ribi atari akwiye gukoresha, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP.

            MCN.
Tags: Abakundana n'abo basangiye ibitsinaPapa FrancisYasabye imbabazi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zafashwe mpiri na M23 zagize icyo zisaba imiryango mpuzamahanga, nyuma y’aho leta y’igihugu cyabo ibihakanye.

Ingabo z'u Burundi zafashwe mpiri na M23 zagize icyo zisaba imiryango mpuzamahanga, nyuma y'aho leta y'igihugu cyabo ibihakanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?