Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Papa Francisco, wo muri Kiliziya Katolika, yavuze ko Abanyafrika bagomba kumva ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 31, 2024
in Religion
0
Papa Francisco, wo muri Kiliziya Katolika, yavuze ko Abanyafrika bagomba kumva ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa Francisco, wa Kiliziya Katolika kw’Isi yavuze ko Abasenyeri bo muri Afrika bakwiye gufatwa mu buryo bwihariye ku kwa magana ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye (LGBT).

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

N’ibyo Papa Francisco yavugiye mu kiganiro yakoranye n’abanyamakuru i Vatikan, ho muri Roma, ya vuze ko abayoboye Katolika mu bihugu by’Afrika n’abayoboke babo, ba bona abatinganyi nk’ikizira bashingiye ku mico yabo.

Papa Francisco avuga ko inyandiko yo mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w ‘ 2023 “Fiducia Supplicans,” ifite intego yo guhuriza hamwe atari iy’amacakubiri.

Atangaza kandi ko ‘adatewe ubwoba n’uko abakindera mu nzira za kera batera umugongo Kiliziya Katolika kubera iyo mpinduka, akemeza ko ibyo bivugwa n’agatsiko gato.

Kuva atowe ngo ayobore Kiliziya Katolika kw’Isi mu mwaka w’ 2013, Francisco yavuze ko Kiliziya Katolika yemera abantu bari mu itsinda r’izwi nka ‘LGBTQ+,’ bahuza ibitsina ba bisangiye, bitabaye ngo mbwa kubanza guhindura inyigisho z’u bukirisitu.

Mu ntangiriro z’umwaka w’2023, Papa Francisco nibwo yatangiye gukoresha imvugo zoroshye ku bahuza ibitsina ba bisangiye, aho yavuze ati: “None niba umuntu ari umutinganyi hanyuma agashaka Imana mu bugwaneza, njyewe ndi nde kugira mucire urubanza?”

Nyuma y’ubu yaje kwandika ibarua ayo herereza abakardinal bakigendera ku mico yakera, ibasaba kwemera abatinganyi.

Intambwe y’indi yateye mu buryo bwo roheje, hari mu kwezi kwa Cumi numwe, umwaka w’2023, aho yatanze uburenganzira bwo kubatiza abatinganyi ndetse nabatemera igitsina bavukanye bakaza ku guhindura ibyo bakunze kwita ‘transgenders.’

Mu kwezi kwa 12 ho, umwaka 2023, abiva imuzi atanga itegeko ryemerera abapadili guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye, byari mu rwandiko rwa “Fiducia Supplicans,” rusobanura uburyo bagomba guha umugisha abatinganyi.

Nyuma y’ubu Abapisikopi bo muri Afrika ba maganye urwo rwandiko kandi ba rwamagana mu burakari bwinshi, abo ni mu gihugu cya RDC, Malawi, Nigeria, Rwanda, Burundi, Zambia n’ahandi.

Papa Francisco, asubiza ibi ko Abanyafrika “bazagenda ba byumva buhoro buhoro.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiyeKatolikaLGBTPapa Francisco
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wagateganyo w’inteko nshinga mategeko muri RDC, Christophe Mboso, yahamagariye Abanyekongo kw’itegura gutera u Rwanda.

Perezida wagateganyo w'inteko nshinga mategeko muri RDC, Christophe Mboso, yahamagariye Abanyekongo kw'itegura gutera u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?