• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Papa Francisco, wo muri Kiliziya Katolika, yavuze ko Abanyafrika bagomba kumva ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2024
in Religion
0
Papa Francisco, wo muri Kiliziya Katolika, yavuze ko Abanyafrika bagomba kumva ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa Francisco, wa Kiliziya Katolika kw’Isi yavuze ko Abasenyeri bo muri Afrika bakwiye gufatwa mu buryo bwihariye ku kwa magana ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye (LGBT).

You might also like

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

N’ibyo Papa Francisco yavugiye mu kiganiro yakoranye n’abanyamakuru i Vatikan, ho muri Roma, ya vuze ko abayoboye Katolika mu bihugu by’Afrika n’abayoboke babo, ba bona abatinganyi nk’ikizira bashingiye ku mico yabo.

Papa Francisco avuga ko inyandiko yo mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w ‘ 2023 “Fiducia Supplicans,” ifite intego yo guhuriza hamwe atari iy’amacakubiri.

Atangaza kandi ko ‘adatewe ubwoba n’uko abakindera mu nzira za kera batera umugongo Kiliziya Katolika kubera iyo mpinduka, akemeza ko ibyo bivugwa n’agatsiko gato.

Kuva atowe ngo ayobore Kiliziya Katolika kw’Isi mu mwaka w’ 2013, Francisco yavuze ko Kiliziya Katolika yemera abantu bari mu itsinda r’izwi nka ‘LGBTQ+,’ bahuza ibitsina ba bisangiye, bitabaye ngo mbwa kubanza guhindura inyigisho z’u bukirisitu.

Mu ntangiriro z’umwaka w’2023, Papa Francisco nibwo yatangiye gukoresha imvugo zoroshye ku bahuza ibitsina ba bisangiye, aho yavuze ati: “None niba umuntu ari umutinganyi hanyuma agashaka Imana mu bugwaneza, njyewe ndi nde kugira mucire urubanza?”

Nyuma y’ubu yaje kwandika ibarua ayo herereza abakardinal bakigendera ku mico yakera, ibasaba kwemera abatinganyi.

Intambwe y’indi yateye mu buryo bwo roheje, hari mu kwezi kwa Cumi numwe, umwaka w’2023, aho yatanze uburenganzira bwo kubatiza abatinganyi ndetse nabatemera igitsina bavukanye bakaza ku guhindura ibyo bakunze kwita ‘transgenders.’

Mu kwezi kwa 12 ho, umwaka 2023, abiva imuzi atanga itegeko ryemerera abapadili guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye, byari mu rwandiko rwa “Fiducia Supplicans,” rusobanura uburyo bagomba guha umugisha abatinganyi.

Nyuma y’ubu Abapisikopi bo muri Afrika ba maganye urwo rwandiko kandi ba rwamagana mu burakari bwinshi, abo ni mu gihugu cya RDC, Malawi, Nigeria, Rwanda, Burundi, Zambia n’ahandi.

Papa Francisco, asubiza ibi ko Abanyafrika “bazagenda ba byumva buhoro buhoro.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiyeKatolikaLGBTPapa Francisco
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi Amazina ye abiri n’icyo asobanuraMose azwi cyane ku izina rya Mose (rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo Mosheh), risobanurwa nk’“uwakuwe mu mazi.” Iri...

Read moreDetails

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana Yoshuwa, mwene Nuni, ni umwe mu bayobozi b’indashyikirwa bagaragaye mu mateka y’Abisirayeli. Azwi cyane nk’uwasimbuye Mose, akayobora ubwoko bw’Imana...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wagateganyo w’inteko nshinga mategeko muri RDC, Christophe Mboso, yahamagariye Abanyekongo kw’itegura gutera u Rwanda.

Perezida wagateganyo w'inteko nshinga mategeko muri RDC, Christophe Mboso, yahamagariye Abanyekongo kw'itegura gutera u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?