Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Cyril Ramaphosa ufite ingabo zikorana n’Interahamwe mu Burasirazuba bwa RDC, yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 7, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Cyril Ramaphosa ufite ingabo zikorana n’Interahamwe mu Burasirazuba bwa RDC, yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Uyu muhango uributangire kuri uyu munsi ku Cyumweru itariki ya 07/04/2024.

Perezida Cyirl Ramaphosa aje mu Rwanda mu gihe umubano w’ibihugu byombi ugize igihe utifashe neza.

Kuva Cyril Ramaphosa yagera ku butegetsi yahise aca umubano w’ibihugu byombi, aho yavanyeho visa ndetse n’u buhahirane.

Ikindi ingabo z’i gihugu cye zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufatanya n’igisirikare cya Congo gisanzwe kizwiho gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda.

Igihugu cya Afrika y’Epfo ki kaba kinasanzwe kiyoboye ibihugu byo mu muryango wa SADC bifite abasirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo aho ziri gufasha iki gihugu ku rwana n’umutwe wa M23 uwo Kinshasa ishinja Kigali guha ubufasha.

Bikaba bidasiba ku vugwa ko ingabo za Afrika y’Epfo ziri muri RDC zibana mu makambi ya gisirikare n’Interahamwe zakoreye genocide Abatutsi, aribo bagiye kwibuka ku nshuro ya 30, akaba ari wo muhango Cyril Ramaphosa nawe yitabiriye.

              MCN.
Tags: Cyril RamaphosaGenocide yakorewe Abatutsi mu RwandaInterahamweYitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, perezida Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda batozongera kwicwa ukundi.

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, perezida Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda batozongera kwicwa ukundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?