• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Evaliste Ndayishimiye, yavuze ko leta ya Kinshasa kwariyo igomba gufata iyambere mu kurwanya M23 ingabo za karere nazo zikaboneraho kubafasha.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, yamenyesheje ubutegetsi bwa Guverinoma ya Kinshasa ko ari bwo bukwiye gufata iya mbere mu kurwanya imitwe y’inyeshyamba ihungabanya umutekano w’igihugu, nyuma ngo ingabo za karere nazo zikaboneraho kubafasha.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ibi perezida w’u Burundi, yabitangaje kumunsi w’ejo hashize tariki 28.08.2023 ubwo yaganirizaga n’abanyamakuru i Kinshasa ni muruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga i Kinshasa kumurwa Mukuru w’igihugu ca RDC.

Abajijwe ku ruhare rw’ingabo za EAC mu kurwanya imitwe y’inyeshyamba ihungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa, Perezida Ndayishimiye yasubije ko ubutegetsi ari bwo bukwiye gutera intambwe ya mbere.

Ati: “Inshingano ya mbere ya Guverinema ni ukurinda abaturage n’ibyabo no gushakisha abanyabyaha no kubacira urubanza.”

Ndayishimiye yakomeje ati: “Ni yo mpamvu akarere kohereje ingabo kugira ngo zishyigikire uruhare rwa Leta n’Abanyekongo kugira ngo haboneke amahoro. Ntabwo ari akarere kazajya imbere, akarere karabaherekeza kandi ntikigeze kanyuranya n’ibyemezo bya Leta byo kurinda abaturage no gushakisha abanyabyaha no kubacira urubanza.”

Uyu Mukuru w’igihugu c’u Burundi akaba na Perezida w’umuryango w’Afrika y’uburasirazuba (EAC) yibukije ko uyu muryango wasabye imitwe yitwaje intwaro kubahiriza uburyo bw’amahoro bwashyizweho. Ngo nikomeza kumena amaraso y’Abanyekongo, Leta ya RDC “ifite inshingano mpuzamahanga yo kurinda abaturage. Mbese akarere kaza gufasha Leta mu gushyira mu bikorwa iyo nshingano.”

Ndayishimiye yasobanuye ko imitwe yitwaje intwaro izafatwa nk’iy’abanyabyaha ari izanga kubahiriza uburyo bw’amahoro bwashyizweho burimo guhagarika imirwano no kurambika intwaro. Ikomoka mu mahanga na yo ngo igomba kwirukanwa na Leta ya RDC, ibifashijwemo n’ingabo za EAC.

Avuze ibi nyuma y’aho Perezida wa RDC yongeye kunenga ingabo za EAC, asobanura ko zitigeze zirwanya umutwe witwaje intwaro wa M23, ahubwo zikaba zaramaze kwakira ko zigomba kubana n’abarwanyi bawo, kandi ngo waranze kubahiriza ibyemezo by’akarere.

By Bruce Bahanda.

Tariki 29.08.2023.

Tags: Evariste NdayishimiyeKinshasaM23Perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Wazalendo bateguye ko baza gukora imyigaragambyo yamagana Monusco n'ingabo za EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?