• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabwe ikintu gisabye gutekereza byimbitse.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2024
in Regional Politics
1
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabwe ikintu gisabye gutekereza byimbitse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabwe ikintu gisabye gutekereza byimbitse.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri iki Cyumweru tariki ya 28/07/2024, ishyaka rya Sahwanya Foredebu ryasabye perezida Ndayishimiye ikintu kimusaba gutekereza cyane, aho ryamusabye gusesa Guverinoma yose, kugira abashye kugera ku bikomeye.

Iri shyaka nk’uko ryabisobanuye, rivuga ko kwirukana abagize Guverinoma iriho no gushyiraho uburyo bwemerera abuhunze gutahuka kandi ko aribyo byatuma u Burundi bugira amahoro asesuye.

Ubuyobozi bw’iri shyaka rya Sahwanya Foredebu bwabigarutseho ubwo ry’izihizaga isabukuru y’imyaka 32 rikora mu buryo bwemewe n’amategeko.

Perezida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi Sahwanya Foredebu, yavuze ko Ndayishimiye agomba gukora ibishoboka byose impunzi zigatahuka bamwe muri bo akanabongera muri Guverinoma kuko ngo perezida Evariste yivugiye ko abaminisitiri akorana nabo badashoboye.

Bagize bati: “Mbere na mbere, turagira inama perezida wa Repubulika gukora ibishoboka byose kugira ngo impunzi zose z’Abarundi ziba mu buhungiro zisubire mu gihugu. Turifuza ko kandi yanahindura Guverinoma akongeramo n’abandi batavuga rumwe n’ubutegetsi.”

Iri shyaka kandi ryasabye perezida Ndayishimiye kugira ibyakoze maze impunzi zashinjwaga guhirika ubutegetsi ko bagabanyirizwa ibihano kugira ngo babemerere gusubira mu gihugu cyabo.

Ndetse kandi bamusabye ko abanyapolitiki bafunzwe bazira ibitekerezo byabo ko barekurwa ntayandi makosa.

Mu bindi perezida Evariste Ndayishimiye yasabwe harimo ko yareka uburenganzira bwa muntu bukubahirizwa muri iki gihugu kandi bigakorwa nk’uko n’ibindi bihugu bibigenza.

                 MCN.
Tags: Kimusaba gutekerezaPerezida Evariste NdayishimiyeYasabwe ikintu gikomeye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Colonel Gafirita, ni kuri iyi tariki yatabarukiyeho, menya uwariwe.

Colonel Gafirita, ni kuri iyi tariki yatabarukiyeho, menya uwariwe.

Comments 1

  1. Kavune Obadias says:
    1 year ago

    Turashimira ubwanditsi ariko hari ijambo ryiza wasorezagaho wandika utakiryandika uzarisubizeho rwose

    Merci

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?