Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabwe ikintu gisabye gutekereza byimbitse.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 30, 2024
in Regional Politics
1
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabwe ikintu gisabye gutekereza byimbitse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabwe ikintu gisabye gutekereza byimbitse.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni kuri iki Cyumweru tariki ya 28/07/2024, ishyaka rya Sahwanya Foredebu ryasabye perezida Ndayishimiye ikintu kimusaba gutekereza cyane, aho ryamusabye gusesa Guverinoma yose, kugira abashye kugera ku bikomeye.

Iri shyaka nk’uko ryabisobanuye, rivuga ko kwirukana abagize Guverinoma iriho no gushyiraho uburyo bwemerera abuhunze gutahuka kandi ko aribyo byatuma u Burundi bugira amahoro asesuye.

Ubuyobozi bw’iri shyaka rya Sahwanya Foredebu bwabigarutseho ubwo ry’izihizaga isabukuru y’imyaka 32 rikora mu buryo bwemewe n’amategeko.

Perezida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi Sahwanya Foredebu, yavuze ko Ndayishimiye agomba gukora ibishoboka byose impunzi zigatahuka bamwe muri bo akanabongera muri Guverinoma kuko ngo perezida Evariste yivugiye ko abaminisitiri akorana nabo badashoboye.

Bagize bati: “Mbere na mbere, turagira inama perezida wa Repubulika gukora ibishoboka byose kugira ngo impunzi zose z’Abarundi ziba mu buhungiro zisubire mu gihugu. Turifuza ko kandi yanahindura Guverinoma akongeramo n’abandi batavuga rumwe n’ubutegetsi.”

Iri shyaka kandi ryasabye perezida Ndayishimiye kugira ibyakoze maze impunzi zashinjwaga guhirika ubutegetsi ko bagabanyirizwa ibihano kugira ngo babemerere gusubira mu gihugu cyabo.

Ndetse kandi bamusabye ko abanyapolitiki bafunzwe bazira ibitekerezo byabo ko barekurwa ntayandi makosa.

Mu bindi perezida Evariste Ndayishimiye yasabwe harimo ko yareka uburenganzira bwa muntu bukubahirizwa muri iki gihugu kandi bigakorwa nk’uko n’ibindi bihugu bibigenza.

                 MCN.
Tags: Kimusaba gutekerezaPerezida Evariste NdayishimiyeYasabwe ikintu gikomeye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Colonel Gafirita, ni kuri iyi tariki yatabarukiyeho, menya uwariwe.

Colonel Gafirita, ni kuri iyi tariki yatabarukiyeho, menya uwariwe.

Comments 1

  1. Kavune Obadias says:
    12 months ago

    Turashimira ubwanditsi ariko hari ijambo ryiza wasorezagaho wandika utakiryandika uzarisubizeho rwose

    Merci

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?